• Kinyarwanda
  • English
  • Amamaza Hano
  • Tuvugishe
Saturday, January 23, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge   bikomeje  gukwirakwiza ubwandu

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge bikomeje gukwirakwiza ubwandu

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana  uruhare  rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu  cyo mukarere !

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu cyo mukarere !

  • IMYIDAGADURO
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Ngoma :  Abafana ba APR FC  bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Ngoma : Abafana ba APR FC bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza  ubutaka budafite abo bwanditseho

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza ubutaka budafite abo bwanditseho

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara  yibaziye amatungo  yaturutse

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara yibaziye amatungo yaturutse

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye  Covid19  batoroka

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye Covid19 batoroka

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

    Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge   bikomeje  gukwirakwiza ubwandu

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge bikomeje gukwirakwiza ubwandu

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana  uruhare  rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu  cyo mukarere !

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu cyo mukarere !

  • IMYIDAGADURO
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Ngoma :  Abafana ba APR FC  bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Ngoma : Abafana ba APR FC bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza  ubutaka budafite abo bwanditseho

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza ubutaka budafite abo bwanditseho

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara  yibaziye amatungo  yaturutse

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara yibaziye amatungo yaturutse

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye  Covid19  batoroka

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye Covid19 batoroka

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

    Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Amakuru

Umudepite yagereranyije na ‘Jenoside’ gutanga udukingirizo tujuje ubuziranenge mu gihugu

Ubwanditsi na Ubwanditsi
January 8, 2021
mu Amakuru
0
Umudepite  yagereranyije na ‘Jenoside’ gutanga udukingirizo tujuje ubuziranenge mu gihugu
0
ZASANGIJWE
16
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Umudepite muri Zambia yagereranyije na ‘Jenoside’ gutanga udukingirizo n’uturindantoki bitujuje ubuziranenge mu gihugu.

Depite Mwansa Mbulakulima yabwiye BBC ducyesha iyi nkuru  ati: “Ibyo minisiteri y’ubuzima iri gukora ni jenoside.

“Iyo ushyize amazi muri utwo turindantoki n’udukingirizo, birava. Hamaze gupfa abantu bangahe kuva mu kwezi kwa cyenda kubera uko kutita ku bintu.”

Uyu mudepite yavugaga impungenge atewe n’ikwirakwira ry’indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina, hamwe na coronavirus.

Mbulakulima na bagenzi be mu nteko kuwa gatatu babwiwe uburyo kompanyi yitwa Honey Bee yo mu gihugu, yabonye isoko rya miliyoni $17 ryo kuzana udukingirizo n’uturindantoki.

Ibyo bazanye bakabitanga nyuma basanze bitujuje ubuziranenge.

Mbulakulima ati: “Utwo turindantoki dukoreshwa n’abantu bari imbere ku rugamba rwo kurwanya Covid kandi twatanzwe mu gihugu hose kandi dufite ikibazo.”

Ukuriye iyi kompanyi witwa Imran Lunat yashinje umugenzuzi w’imari ya leta kubogama muri raporo ye ivuga ko iyo kompanyi itanafite ahantu ikorera, nk’uko ikinyamakuru cya leta Daily Mail kibivuga.

Igenzura kandi ngo ryasanze iyo kompanyi yarahawe amasezerano ari ku cyumweru, umunsi utari uw’akazi wemewe mu gihugu.

Kakulubelwa Mulalelo, ushinzwe ibikorwa muri minisiteri y’ubuzima yabwiye komite y’Abadepite ko atazi umuntu watanze ayo masezerano, ko yagiye gusa gutangiza itangwa ry’ibyo bikoresho.

Madamu Mulalelo yavuze ko minisiteri “yicuza” ibyabaye, mu gihe abategetsi mu kigo gishinzwe imiti n’ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’ibikoresho bemera ko habaye amakosa mu gutanga isoko.

Bamwe mu baturage ba Zambia kuri Twitter bagaragaje umujinya batewe no kumenya ibyabaye:

    Inkuru Iheruka

    Elon Musk yabaye umuntu ukize kurusha abandi bose kuri uyu mubumbe

    Inkuru Ikurikira

    Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana

    Ubwanditsi

    Ubwanditsi

    IzijyanyeInkuru

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane
    Amakuru

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    na Ubwanditsi
    January 23, 2021
    0

    Impuguke mu burezi zisanga ababyeyi bakwiye kurushaho kwegera cyane abana babo mu gihe kuri ubu basabwa kubafasha mu masomo yabo...

    Soma Birambuye
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    January 22, 2021
    Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

    Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

    January 22, 2021
    Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

    Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

    January 22, 2021
    Kugira ba maneko bakarishye ni intwaro ikomeye , menya ibihugu bibatunze

    Kugira ba maneko bakarishye ni intwaro ikomeye , menya ibihugu bibatunze

    January 22, 2021
    Meteorwanda yatangaje ko mu minsi 10 hateganyijwe imvura

    Meteorwanda yatangaje ko mu minsi 10 hateganyijwe imvura

    January 21, 2021
    Inkuru Ikurikira
    Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana

    Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana

    Leave a Reply Cancel reply

    Your email address will not be published. Required fields are marked *

    Stay Connected test

    • 79 Followers
    • 41.1k Followers
    • 22.9k Followers
    • 99 Subscribers
    • Izigezweho
    • Ibitekerezo
    • Iziheruka
    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    January 14, 2021
    Mukobwa menya ibintu  byerekana ko umuhungu mukundana atakubeshya

    Mukobwa menya ibintu byerekana ko umuhungu mukundana atakubeshya

    January 12, 2021
    Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

    Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

    January 11, 2021
    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    January 10, 2021
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    0
    COVID-19: Shampiyona y’umupira w’amaguru yahagaritswe, FERWAFA itegekwa gupimisha abakinnyi n’abatoza

    COVID-19: Shampiyona y’umupira w’amaguru yahagaritswe, FERWAFA itegekwa gupimisha abakinnyi n’abatoza

    0
    USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

    USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

    0
    Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

    Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

    0
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    January 23, 2021
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    January 22, 2021
    Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

    Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

    January 22, 2021
    Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

    Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

    January 22, 2021

    Recent News

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    January 23, 2021
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    January 22, 2021
    Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

    Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

    January 22, 2021
    Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

    Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

    January 22, 2021
    Rwanda Forbes

    Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

    Follow Us

    Tuvugishe

    Marketing : 0788310048
    Editor : 0785235244
    Management : 0788807681
    Emails : info@rwandaforbes.com

    Kategori

    • Amakuru
    • Ikoranabuhanga
    • Imikino
    • Imyidagaduro
    • Politiki
    • Ubukungu
    • Ubutabera
    • Ubuzima
    • Urukundo
    • Kinyarwanda
    • English
    • Amamaza Hano
    • Tuvugishe

    © 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

    Nta Gisubizo
    Reba Byose
    • Ahabanza
    • AMAKURU
    • IKORANABUHANGA
    • POLITIKI
    • IMYIDAGADURO
    • UBUKUNGU
    • UBUTABERA
    • IMIKINO

    © 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

    Welcome Back!

    Login to your account below

    Forgotten Password?

    Create New Account!

    Fill the forms bellow to register

    All fields are required. Log In

    Retrieve your password

    Please enter your username or email address to reset your password.

    Log In

    Add New Playlist