• Kinyarwanda
  • English
Thursday, April 22, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

  • IMYIDAGADURO
    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Ingabire  yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Ingabire yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Huye: Abaturage  bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    Huye: Abaturage bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Tariki 8 Mata 1994:                                Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

    Tariki 8 Mata 1994: Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

  • IMYIDAGADURO
    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Ingabire  yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Ingabire yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Huye: Abaturage  bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    Huye: Abaturage bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Tariki 8 Mata 1994:                                Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

    Tariki 8 Mata 1994: Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Politiki

Rusizi : Padiri Nahimana Thomas ingengabitekerezo ye ni iya none cyangwa yarayisanganywe?

kellyray na kellyray
January 7, 2021
mu Politiki
0
Rusizi : Padiri Nahimana Thomas ingengabitekerezo ye ni iya none cyangwa yarayisanganywe?
0
ZASANGIJWE
16
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Abanyarusizi barashinja Padiri Nahimana Thomas wirirwa usebya u Rwanda ingengabitekerezo ya Jenoside ndetse n’ubugome yakoreye abanyeshuli bacitse kw’icumu barihirwaga na FARG ubwo yabanaga nabo

Uyu mugabo w’imyaka 47 usigaye utagira inturo kuko rimwe wumva ngo ari mu Mu Bufaransa , ubundi ngo yagiye kwifatanya n’abandi mu Bubiligi mu bikorwa bisebya leta y’u Rwanda , yavukiye ahitwa I Mushaka ahitwaga mu Gishoma ubu ni mu Murenge wa Nzahaha ho mu Karere ka Rusizi mu ntara y’uburengerazuba akaba azwiho kwishongora avuga nabi Leta ,anakwirakwiza ingengabitekerezo ya Jenoside ishingiye ku ivangura ndetse anakomeza politiki ya Parmehutu yagejeje u Rwanda aharindimuka kuri Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu w’1994.

Padiri Nahimana Thomas ingengabitekerezo ye ni iya none cyangwa yarayisanganywe?

Bamwe mu bamuzi neza bavuga ko Uyu mugabo Padiri Nahimana Thomas yize amashuri ye mu iseminari ari umuntu w’umuhanga ariko ukabona ari umuntu ugira ikinyoma ,ubuhezanguni ugasanga muri we afite ivangura rishingiye ku moko aho wasangaga ashyiramo bagenzi be ko batagakwiye kuvugana n’umututsi,ntabwo rero urwango rwe ku batutsi ari urwa none ahubwo ni karande n’ubwo icyo gihe yabifatanyaga n’amasomo aba atoroheye abanyeshuri maze bagahora baba bahuze.

Mu kiganiro n’umunyamakuru wa Rwandaforbes.com mu karere ka Rusizi yagiranye n’Umupadiri wabanye nawe utarashatse ko izina rye rishyirwa mu kinyamakuru ndetse akaba yaraniganye na Nahimana Thomas yavuze ko amuzi ku ntebe y’ishuri nk’ukuntu w’umuhanga ariko upapira (ubeshya).

Uwo mupadiri yagize ati:”Hari igihe yigeze yirukanisha abanyeshuri biganaga mu mwaka wa gatatu ,avuga ko abo Banyeshuri Bose banze kurya,nyamara icyo gihe bari batugaburiye ubugari bw’ibigori by’umuhondo, bitari bimenyerewe cyane n’abanyeshuri maze ajya kubeshya Umuyobozi wa Semonari (Recteur) ko abo Banyeshuri banze ibiryo ,icyo gihe twarirukanywe(baduhaye ikimenyerewe nka weekend)turataha tugarukana ababyeyi.”

Padiri akomeza avuga ko Icyo gihe Kandi Nahimana yari umuntu wakundaga kuririmba Dore ko yarazi umuziki cyane (Solfege) ariko ugasanga Hari abo afasha nabo yangira kubera kugira umutima mubi.

Yagize ati “Hari nkuwo yabwiye ko atasobanurira umuziki umututsi amubwira ko asanga inyenzi zenewabo mu Bugande zikamusobanurira,urumva ko Nahimana w’ubu ntaho atandukaniye n’uwicyo gihe.”

Yakomeje avuga ko we bitamutangaza iyo yumvise Padiri Nahimana avuga biriya bibi byose avuga ku Rwanda n’abayobozi barwo , Dore ngo ko biganye nabwo arwanira ubuyobozi aho yigeze ashaka kwiyamamariza ubuyobozi bw’abandi ba nyeshuri (Doyen) akemera no kutishyura amafaranga yicyo gihembwe bikarangira atanatowe Kandi nayo mafaranga y’ishuri yayakozemo ukwiyamamaza mu Banyeshuri(Campain).

Yagize ati:“Yafashe asaga 45000 agurira abaseminari kugirango butorere ubudoyen biranga biba iby’ubusa kuburyo icyakurikiwe kwari ukwirukanwa n’ushinzwe umutungo mu iseminari(Econome)umusubirizo.”

Ubuzima bwe mu Iseminari nto ya Mutagatifu Aloys y’i Cyangugu nk’ushinzwe ubuzima bwa Roho.

Ubwo Nahimana yagirirwaga icyizere na Nyakwigendera Mgr Bimenyimana Jean Damascene yamuhaye kuba umwe mu bayobozi b’iseminari nto ya Mutagatifu Aloys y’i Cyangugu maze amugira ushinzwe ubuzima bwa Roho mu Banyeshuri(Pere Sprituel) gusa yabikoze afatanyije n’abandi ba Padiri bahakoreraga nka Padiri Fortunatus Rudakemwa,Padiri Bandorayingwe Joseph na Padiri Nzamwita Eric.

Gusa ntihashize igihe kinini za ngeso ze z’ubuhezanguni ,ivanguramoko n’itonesha arizana mu bana barererwa mu iseminari utaretse n’abakozi bakoranaga.Icyo gihe yaremeye atangira kuzana abakozi b’abakobwa batangira kwigisha mu iseminari bazanywe nawe kubera ingeso y’ubuhabara yamwokamye Kandi mu isezerano akorera imbere ya Musenyeri harimo no gukomera ku busugi.

Amakuru agera kuri Rwandaforbes.com avuga ko nta gihe washoboraga kubona Padiri Nahimana Thomas mu kigo kuko yabaga ahuze yasohokanye abana bato .Benshi bahuriza ku tubyiniro dukomeye twari tugezweho icyo gihe nko muri Hotel Ten to Ten Paradise ahari hamenyerewe nko kwa Mbanzabugabo mu mujyi wa Kamembe,aho nti washoboraga kuhamubura mu gutiramo cya nijoro no mu gicuku.

Umwe mubaganiriye na Rwandaforbes.com wize mu iseminari nto ya Mutagatifu Aloys y’i Cyangugu utatangajwe amazina yavuze ko Uyu mupadiri akihagera mu iseminari yatangiye kwikoma abana barihirwa na FARG(ikigega kigoboka abasizwe iheruheru na Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu w’1994)avuga ko bagakwiye kujya bajyana iby’agahinda kabo kure.

Yagize ati: “Nibuka ko yadusanze mu nama akatubwira ko utwo dutsiko atadukeneye mu kigo ko niba dushaka amanama twajya tuyakora mu bihe by’ibiruhuko turi iwacu,Ni ibintu byatubabaje maze twumva ko kuba duterwa inkunga na kiriya kigega bibaye ikibazo mu iseminari.”

Akomeza avuga ko yikomye bene abo banyeshuri ku buryo Hari bamwe birukanywe kubera ibyo ariko ngo babibwiraga ababyeyi bakabatwama bababwira ko nta musaseridoti wakora ibyo ariko nyuma baje kubibona.Nyuma rero byaje gukara maze urwango yangaga abanyeshuri bacitse ku icumu rujya ahagaragara,yakoze ikintu kigayitse maze azana ikinyamakuru cya “Jeune Afrique”cyarimo ishusho igaragaza ihanurwa ry’indege y’uwari umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Juvenal Habyarimana.

Uyu wari umunyeshuri yakomeje agira ati: “Uyu mupadiri yazanye izo numero z’icyo kinyamakuru navuze hejuru abishyira mu nzu y’ibitabo by’iseminari akangurira abanyeshuri kubisoma ku bwinshi.Gusa icyatubabaje nuko yaje kudusobanurira mu ishuri mu isomo ry’iyobokamana yatwigishaga akavuga ko iyo ndege yahanuwe n’ingabo za RPF inkotanyi maze acamo abanyeshuri ibice biratinda.”

Akomeza avuga ko Icyo kinyoma cyo muri Jeune Afrique cyateye urujijo maze mu kigo hose hagaragaramo urwikekwe maze havamo bamwe muri twe babimenyesha uwari Prefet wa Cyangugu Bisengimana Elyse n’uwari umuyobozi w’Umujyi wa Kamembe.

Nyuma yaho gato icyaje gushegesha abacitse ku icumu bigaga aho muri iyo myaka nuko haje gahunda yo gusabira abapfuye maze anyura mu munyeshuri amukangurira gusabira uwari Prezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana,icyo gihe iyo Misa yarasomwe muri Chapelle y’iseminari.Twicaye mu gitambo cy’ukaristiya cyatuwe turi hafi yo kujya mu biruhuko bya pasika twumvise avuga mu gitambo cy’ukaristiya asabira Juvenal Habyarimana.

Yagize ati:“Twibuke abapfuye bafite ubwizere bwo kuzazuka harimo uwari umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Juvenal Habyarimana…….”n’bintu byateye kwibaza byinshi maze barongera babimenyesha inzego z’ubuyobozi zariho icyo gihe.”

Byagenze bite Padiri Nahimana Thomas ageze muri Paroisse ya Muyange.

Nyuma yaje kwimurirwa muri Paroisse ya Muyange maze ahagera ahasanga ihabara rye ryari aho maze ahita ariha akazi k’ubunyabanga bwa Paroisse ya Muyange kugirango ajye amubonera hafi.

Uwahaye Rwandaforbes.com amakuru yavuze ko I saa sita uwo mwari yagombaga kurira ku meza amwe na Padiri muri Couvent ubundi bakajya kuruhuka Dore ko bakundanaga cyane.Mu gihe cyo gutembera wasangaga Padiri Nahimana Thomas arikumwe niryo habara ryamutwaye umutima.

Gusa ntihashize igihe Pasika yeregereje ya 2008 nibwo yahambiriye amafaranga asaga miriyoni Makumyabiri zari kuri konti ya Paroisse ya Muyange yerekeza mu Bufaransa niryo habara rye.

Kiriziya Gatorika mu Rwanda yahise ikora iki?

Nyakwigendera Mgr Bimenyimana Jean Damascene yahise yandika ibaruwa ikumira Padiri Nahimana Thomas gusoma Misa mu maparoisse yose yo mu Bufaransa nyuma y’urwango uyu mupadiri yarankomeje gutera mu banyarwanda baba mu gihugu nababa mu gihugu imbere

Abanyamakuru babajije icyo Kiriziya ivuga kuri uyu mupadiri Mgr Ntihinyurwa Thaddee wari Archeveque wa Kigali yavuze ko Kiriziya Gatolika itatumye uriya mupadiri ahubwo ko yatanye kimwe n’umwana uri mu muryango agatana akananira ababyeyi ariko yavuze ko ishyaka yashinze ndetse n’ibitekerezo bye ntaho byaganisha abanyarwanda ahubwo ko bibabibamo urwango bityo ko ntwe ukwiye kumutega amatwi.

Yagize ati:“Ibye nibyo gusenya ibimaze kugerwaho ahubwo ko nta munyarwanda muzima wagakwiye kumutega amatwi kuko yaratannye bugaragara.”

Bite mu Rubyiruko rw’Akarere ka Rusizi ahavuka bamwe bakomeje guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi banarangwa n’ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda Hari mo na Padiri Nahimana .

N’ubwo mu Karere ka Rusizi hari abagihembera urwango n’amacakubiri mu banyarwanda cyane cyane ababa hanze y’igihugu cy’ u Rwanda Kandi hakaba Hari benshi bahavuka bayoboye ibitero byahitanye abatutsi batagira ingano mu mpande zose z’igihugu ,ntitwakwibagirwa ko aka Karere ka Rusizi kamaze kwiyubaka Kandi gahagaze neza nkuko bigaragazwa na Komisiyo y’ubwiyunge mu Rwanda(NURC)ibigaragaza.

Urubyiruko rw’Akarere ka Rusizi ntirurangajwe n’ibivugwa nabo banyepopitiki ahubwo rwimirije imbere mu kwikura mu bukene.

Aka Karere gafite amaclubs menshi y’ubumwe n’ubwiyunge mu banyarwanda nko muri Paroisse ya Mushaka igicumbi cy’ubwiyunge muri aka Karere ka Rusizi babifashijwemo n’umurinzi w’igihango Padiri Ubald Rugirangoga wabashije kubanisha abishe n’abiciwe babarizwa muri iyi Paroisse ya Mushaka yo muri Diyoseze ya Cyangugu.

Abacitse kubicumu muri aka Karere ka Rusizi bafatanyije n’abandi kubaka akarere n’ u Rwanda twifuza,muri aka Karere hakaba habrizwa amaclubs yo kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside mu Rubyiruko rwaba urwo muashuri cyangwa urutagize amahirwe yo kwiga rubikesheje ubuyobozi bwiza burangajwe imbere na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.

Rusizi : Padiri Nahimana Thomas ingengabitekerezo ye ni iya none cyangwa yarayisanganywe?

Inkuru Iheruka

Nigeria: Abantu bacitse ururondogoro nyuma y’uko umuherwe Femi Otedola yaguriye abakobwa be batatu imodoka za Ferrari

Inkuru Ikurikira

Facebook yashyizeho amahuriro y’amakuru muri Afurika yo kurwanya ibinyoma kuri covid-19.

kellyray

kellyray

IzijyanyeInkuru

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
Nyamukuru

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

na Ubwanditsi
April 16, 2021
0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Mata 2021, ahagana saa moya n’iminota ine (19:04) ni bwo Munyenyezi  Béatrice...

Soma Birambuye
Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

April 16, 2021
Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

April 16, 2021
France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

April 16, 2021
Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

April 16, 2021
U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

April 16, 2021
Inkuru Ikurikira
Facebook yashyizeho amahuriro y’amakuru muri Afurika yo kurwanya ibinyoma kuri covid-19.

Facebook yashyizeho amahuriro y’amakuru muri Afurika yo kurwanya ibinyoma kuri covid-19.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Ubushinjacyaha busanga kuba Rusesabagina yarasabye  imbabazi akwiye kuryozwa icyaha cy’ubwicanyi

Ubushinjacyaha busanga kuba Rusesabagina yarasabye imbabazi akwiye kuryozwa icyaha cy’ubwicanyi

April 1, 2021
Real Madrid umweyo uhereye ku bihangange Ramos na Hazard harifuzwa Haaland na Mbappe

Real Madrid umweyo uhereye ku bihangange Ramos na Hazard harifuzwa Haaland na Mbappe

March 28, 2021
Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

April 11, 2021
Iran: Amahame y’idini yatumye Television ihagarika inshuro zirenga ijana umukino wa Manchester na Tottenham

Iran: Amahame y’idini yatumye Television ihagarika inshuro zirenga ijana umukino wa Manchester na Tottenham

April 15, 2021
Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

1
Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

April 20, 2021
Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

April 19, 2021
Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

April 18, 2021
FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

April 18, 2021

Recent News

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

April 20, 2021
Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

April 19, 2021
Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

April 18, 2021
FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

April 18, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Inkuru zamamaza
  • Nyamukuru
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Uburezi
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Udushya
  • Urukundo
  • POLITIKI
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist