• Kinyarwanda
  • English
Thursday, February 25, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Perezida Kagame  yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

  • IMYIDAGADURO
    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Byinshi  ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Byinshi ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Diamond yagaragaje ibyishimo nyuma yo kongera kubonana n’umwana we yabyaranye na Tanasha

    Diamond yagaragaje ibyishimo nyuma yo kongera kubonana n’umwana we yabyaranye na Tanasha

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

    Bitunguranye  Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Bitunguranye Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Urukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwongeye kwerekeza Amaso muri Centrifrika

    Urukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwongeye kwerekeza Amaso muri Centrifrika

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Perezida Kagame  yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

  • IMYIDAGADURO
    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Byinshi  ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Byinshi ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Diamond yagaragaje ibyishimo nyuma yo kongera kubonana n’umwana we yabyaranye na Tanasha

    Diamond yagaragaje ibyishimo nyuma yo kongera kubonana n’umwana we yabyaranye na Tanasha

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

    Bitunguranye  Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Bitunguranye Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Urukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwongeye kwerekeza Amaso muri Centrifrika

    Urukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwongeye kwerekeza Amaso muri Centrifrika

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Amakuru

Perezida Kagame yashyigikiye igitekerezo cyo gushyiraho Ikigega kigamije kugoboka abaturage

Ubwanditsi na Ubwanditsi
January 25, 2021
mu Amakuru, Ubuzima
0
Perezida Kagame yashyigikiye igitekerezo cyo gushyiraho Ikigega kigamije kugoboka abaturage
0
ZASANGIJWE
17
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yiyunze ku bandi bayobozi basaga 2,000 bahuriye mu nama y’iminsi itanu irimo gukorwa hifashishijwe ikoranabuhanga yateguwe n’Ihuriro ry’Ubukungu ku Isi

Kuri uyu wa Mbere tariki 25 Mutarama 2021, ni bwo Perezida Kagame yagaragaye mu itsinda ryatanze ikiganiro ku nsanganyamatsiko igira iti: “Kwimakaza Amasezerano Mbonezamubano mashya (Advancing A New Social Contract).”

Perezida Kagame yatanze icyo kiganiro ku meza y’uruganiriro yahuriyeho na Hilary Cottam, James Quincey, Pedro Sánchez, Sharan Burrow, Jo Ann Jenkins na Saadia Zahidi ku munsi wa mbere w’iyo nama ifite insanganyamatsiko yagutse igira iti: “Umwaka w’Ingenzi wo Kongera Kubaka Icyizere.”

Icyo kiganiro Perezida Kagame yagizemo uruhare rukomeye, gishingiye ku kuba ku Isi yose icyorezo cya COVID-19 cyaratumye abantu babarirwa muri miliyoni 1.6 batakaza ubushobozi bwo guharanira imibereho myiza ku isoko ry’umurimo ku rwego mpuzamahanga.

Na none kandi iki cyorezo cyatumye umubare munini w’abatuye Isi bari mu murimo bagaragaza aho ubushobozi bwabo bugarukira bwo kuba bakwitunga mu gihe akazi gahagaze igihe kirekire.

Perezida Kagame yagarutse kuri icyo cyuho, ashimangira ko icyorezo cya COVID-19 cyahishuye byinshi mu bibazo bagaragaraga muri politiki zigamije guharanira imibereho myiza y’abaturage. Yakomeje avuga ko mu gihe cy’icyorezo, Isi yose yize amasomo menshi arimo n’ayahozeho ariko akaba atari yarigeze ashyirwa mu ngiro.

Yagize ati: “Nk’uko twabibonye, icyorezo cyazahaje cyane abakozi, ndetse na Guverinoma zatanze ibisubizo zifashishije uburyo buhari. Urugero, nko mu Rwanda twashyizeho Ikigega cy’Ingoboka cyatangiranye amafaranga y’u Rwanda akabakaba miliyari 100, hagamijwe gufasha ibigo byarerembaga. Na none kandi twakoresheje ububiko bw’ibiribwa twari dufite mu kugaburira imiryango itishoboye mu bihe bya Guma Mu Rugo, ndetse tunishyurira ubwishingizi bw’ubuvuzi abaturage barenga miliyoni ebyiri.”

Yakomeje avuga ko ahantu hose ku Isi, iki cyago cyagaragaje ibyuho muri Politiki zisanzweho zigamije kurinda abaturage, ati: “Twarebye uburyo Isi yagezweho n’ingaruka, twabonye n’uko Isi yabyitwayemo mu gutanga ibisubizo. Icyorezo cyashyize ku karubanda ibibazo twari dusanganye ariko tutigeze dushakira ibisubizo.”

Yavuze ko mu buryo bumwe cyangwa ubundi, Politiki ziharanira kurinda abaturage mu bukungu n’imibereho zagiye zikurikiranwa uhereye ku kibazo cy’ubukungu n’ubushomeri.

Yakomeje agira ati: “Guhangana n’ibyo bibazo ni ikintu gisanzwe gikenewe ndetse bizanafasha imiryango yacu kongera ubushobozi bwo kwigira mu bihe by’ibindi byorezo by’ahazaza, cyane ko bishoboka ho hari n’ibindi byinshi bitaratugeraho.”

Umukuru w’u Rwanda yashimangiye ko gahunda zo kurinda abaturage zidakwiye kuba kuba izigenewe abaturage b’ibihugu bikize gusa, ati: “Mu by’ukuri iki cyorezo cyanatwibukije uburyo dufite byinshi biduhuza, kandi ko dukeneranye mu buryo butandukanye, ku buryo ikintu  kibaye mu gice kimwe cy’Isi kigera n’ahandi hatitawe ku buryo dukize cyangwa dukennye.”

Ashimangira ko nta n’umwe ukwiye gusigara inyuma kugira ngo hirindwe ko ubusumbane bukigaragara mu bihugu bukomeza gukura, ndetse n’imiterere y’imirimo mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere ikaba yasubira hasi.

Yavuze ko mu bihugu bikiri mu nzira y’Amajyambere, usanga umubare munini w’abaturage ari ba rwiyemezamirimo baciriritse biganjemo abagore n’urubyiruko, bikaba bituma hakenerwa uburyo bwihariye kandi bwumvikanyweho bugamije kurinda abaturage, buha agaciro ibyiciro by’abantu bose.

Perezida Kagame yashyigikiye igitekerezo cyo gushyiraho Ikigega Mpuzamahanga kigamije kugoboka abaturage boseaho rukomeye, avuga ko icyo gitekerezo ari ingenzi cyae ku buryo abashinzwe gushyiraho za Politiki batakirenza ingohe.

Yasangije abitabiriye ikiganiro n’ingero zifatika z’uburyo mu Rwanda hakorwa ibishoboka byose ngo hatagira umuntu n’umwe usigara inyuma muri politiki zashyiriweho kurinda imibereho y’abaturage.

Inkuru Iheruka

Imari abagabo 10 bakize kurusha abandi binjije muri iki cyorezo ‘yatugurira inkingo twese’

Inkuru Ikurikira

Diamond yagaragaje ibyishimo nyuma yo kongera kubonana n’umwana we yabyaranye na Tanasha

Ubwanditsi

Ubwanditsi

IzijyanyeInkuru

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo
Amakuru

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

na Ubwanditsi
February 25, 2021
0

Ubutaliyani bwashyinguye mu cyubahiro umurambo wa nyakwigendera Luca Attanasio, ambasaderi wabwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, wiciwe kuwa mbere...

Soma Birambuye
Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

February 25, 2021
Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

February 23, 2021
Kigali: Nta musore cyangwa umukobwa ukigirana ibibazo n’undi bavuga bati twarabyaranye

Kigali: Nta musore cyangwa umukobwa ukigirana ibibazo n’undi bavuga bati twarabyaranye

February 23, 2021
Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

February 23, 2021
Abantu bagomba kumenya ko kwambara agapfumunwa neza  bitahindutse-CP Kabera

Abantu bagomba kumenya ko kwambara agapfumunwa neza bitahindutse-CP Kabera

February 23, 2021
Inkuru Ikurikira
Diamond yagaragaje ibyishimo nyuma yo kongera kubonana n’umwana we yabyaranye na Tanasha

Diamond yagaragaje ibyishimo nyuma yo kongera kubonana n’umwana we yabyaranye na Tanasha

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Ntibisanzwe i Rusizi: Umwana yakatiwe igifungo cy’imyaka 15  azira kwica abagore

Ntibisanzwe i Rusizi: Umwana yakatiwe igifungo cy’imyaka 15 azira kwica abagore

February 15, 2021
Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

February 17, 2021
RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

January 14, 2021
Gatsibo : Umunyeshuri yasohowe mu ‘ishuli biteza imyigaragabyo  hangirika byinshi

Gatsibo : Umunyeshuri yasohowe mu ‘ishuli biteza imyigaragabyo hangirika byinshi

February 9, 2021
Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

1
Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

February 25, 2021
Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

February 25, 2021
Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

February 23, 2021
Kigali: Nta musore cyangwa umukobwa ukigirana ibibazo n’undi bavuga bati twarabyaranye

Kigali: Nta musore cyangwa umukobwa ukigirana ibibazo n’undi bavuga bati twarabyaranye

February 23, 2021

Recent News

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

February 25, 2021
Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

February 25, 2021
Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

February 23, 2021
Kigali: Nta musore cyangwa umukobwa ukigirana ibibazo n’undi bavuga bati twarabyaranye

Kigali: Nta musore cyangwa umukobwa ukigirana ibibazo n’undi bavuga bati twarabyaranye

February 23, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Amakuru
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • POLITIKI
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist