• Kinyarwanda
  • English
  • Amamaza Hano
  • Tuvugishe
Saturday, January 23, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge   bikomeje  gukwirakwiza ubwandu

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge bikomeje gukwirakwiza ubwandu

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana  uruhare  rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu  cyo mukarere !

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu cyo mukarere !

  • IMYIDAGADURO
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Ngoma :  Abafana ba APR FC  bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Ngoma : Abafana ba APR FC bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza  ubutaka budafite abo bwanditseho

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza ubutaka budafite abo bwanditseho

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara  yibaziye amatungo  yaturutse

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara yibaziye amatungo yaturutse

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye  Covid19  batoroka

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye Covid19 batoroka

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

    Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge   bikomeje  gukwirakwiza ubwandu

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge bikomeje gukwirakwiza ubwandu

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana  uruhare  rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu  cyo mukarere !

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu cyo mukarere !

  • IMYIDAGADURO
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Ngoma :  Abafana ba APR FC  bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Ngoma : Abafana ba APR FC bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza  ubutaka budafite abo bwanditseho

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza ubutaka budafite abo bwanditseho

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara  yibaziye amatungo  yaturutse

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara yibaziye amatungo yaturutse

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye  Covid19  batoroka

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye Covid19 batoroka

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

    Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Amakuru

Nyaruguru: Uko gutunganya ibishanga no guca amaterasi y’indinganire byazamuye imibereho y’abaturage.

kellyray na kellyray
January 2, 2021
mu Amakuru
0
Nyaruguru: Uko gutunganya ibishanga no guca amaterasi y'indinganire byazamuye imibereho y'abaturage.
0
ZASANGIJWE
13
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Ni muri gahunda ya Leta y’u Rwanda yo kwita ku mirimo y’ubuhinzi bwa kijyambere, umusaruro ukiyongera mu bwinshi no mu bwiza, kuwongerera agaciro, kuwuhunika no ku wushakira isoko, ku buryo abahinzi babuhindura umwuga ubatunze, no kububyaza indi mirimo itari ubuhinzi, mu guteza imbere Igihugu muri rusange.

Ni muri uru rwego hirya no hino mu Gihugu hashyirwa ingufu mu kunoza ubuhinzi, hakoreshejwe guhuza ubutaka, kuburinda isuri, gukoresha imbuto z’indobanure n’inyongeramusaruro zikwiye, cyane cyane mu materasi y’indinganire, guhingisha imashini aho bishoboka no kuhira imyaka mu bishanga no ku misozi.

Abaturage bashishikarizwa guhinga ibihingwa bibafitiye akamaro kurusha ibindi bitewe n’Akarere n’imiterere y’ubutaka bahingaho (Comparative advantage)

Akarere ka Nyaruguru muri uru rugamba rw’iterambere, ni Akarere nako kaberanye n’ubuhinzi, ubutaka busharira bwafatwaga nk’ikibazo, ubu ni ubutaka bwiza buberanye n’ibihingwa Ngengabukungu na Ngandurarugo by’umwihariko igihingwa cy’ibirayi.

Ntabwo ariko ibi byizanye, Bituruka ku bushake bwa Politiki nziza ya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, mu kuzahura imibereho myiza y’Abanyarwanda.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru buvuga ko bushingiye kuri iyi Polititiki, bwafashe ingamba zitandukanye, hagamijwe guteza imbere ubuhinzi, kugira ngo bifashe abaturage kwikura mu bukene.

Muri zo, harimo kuba haratunganijwe amaterasi y’indinganire angana na hegitali 5571.34 I musozi zakozwe kuva 2011, ibishanga bitunganije bingana na hegitali 575, zakozwe hagati ya 2013 na 2014, ubukangurambaga mu guhugura abahinzi, kubereka uko bahinga bya kijyambere, gutera imbuto z’indobanure kandi ku gihe, gukoresha inyongeramusaruro no gukurikirana ibikorwa by’ubuhinzi buri munsi.

Abaturage begerezwa imbuto

Ibi byatumye umusaruro w’ibirayi uzamuka uva kuri toni 14 ugera kuri 25 kuri hegitali imwe, hari n’aho birenga zikagera kuri 29.

Mu gishanga gitunganije, gutera imbuto y’indobanure ku gihe, gukoresha inyongeramusaruro, byatumye umusaruro uva kuri toni 14 ugera kuri 25, hari n’aho zigera kuri 29

Akarere gafatanije n’Abafatanyabikorwa bako, batunganya amaterasi mu mirima y’abaturage, bagatunganya ibishanga, bagaha imbuto n’imvaruganda abaturage, hakibandwa ku bakene kandi bagafashwa gufata neza umusaruro wabo, kugira ngo ku ihinga rikurikiyeho ubwabo bazabe bifitiye imbuto.

Bwana Gashema Janvier, Umuyobozi w’Akarere Wungirije Ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu mu Karere ka Nyaruguru

Ku murongo wa Telephone, mu kiganiro twagiranye n’Umuyobozi w’Akarere Wungirije Ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu muri aka Karere, Bwana Gashema Janvier, yatubwiye ko ku bijyanye n’imbuto, nta kibazo bagira ko hari Koperative ebyiri, iyitwa “Jyambere Muhinzi” yo mu Murerenge wa Kibeho na KAIMU yo mu Murenge wa Muganza, batubura imbuto zihabwa abaturage.

Ati:” Abaturage tubaha imbuto y’ibirayi, dufite Koperative zizitubura, hari “KAIMU” yo mu Murenge wa Muganza na “Jyambere Muhinzi” yo mu Murenge wa Kibeho, babikora neza, bari ku rwego rwo gupiganira amasoko yo kugemura imbuto z’ibirayi.

Ntibarabasha guhaza Akarere kose ku mbuto, ariko intego dufite ni ukubafasha kubaka ubushobozi ku buryo nta mbuto z’ibirayi zizongera kuva ahandi, ahubwo bakazajya bahaza Akarere bagasagurira n’ahandi”

Yongeyeho ati:” Ndaguha urugero, muri uyu mwaka w’Ingengo y’Imari ya 2019/2020, twatunganije amaterasi y’indinganire angana na hegitali 300, dutunganya n’ibishanga bingana na hegitali 90, imbuto twahaye abaturage, nibo bazitanze”

Ibirayi byahinzwe mu materasi mu Murenge wa Busanze biratanga icyizere mu guhaza abahinzi ndetse n’isoko muri rusange

Kubijyanye n’isoko, uyu muyobozi avugako nk’Ubuyobozi bahuza abahinzi n’abakeneye ibirayi, yongeraho ko ibirayi bituruka muri aka Karere bimaze kumenyekana ku isoko kubera uburyohe byihariye, Ati:” Ku isoko, ibindi birayi bigurwa ibyaturutse Nyaruguru birangiye, kubera uburyohe bimaze kumenyekanaho”

Ubuhinzi muri rusange, bwateje imbere cyane imibereho myiza y’abaturage mu kurwanya imirire mibi no kwiteza imbere mu by’ubukungu.

Ikindi, bwatumye haremwa indi mirimo mishya, nk’uruganda rwubatse mu Murenge wa Kibeho rwa Koperative “Jyambere Muhinzi” imwe twavuze haruguru. Ni uruganda rutsya akawunga k’ibigori nabyo byera muri aka Karere

Abahinzi b’ibirayi bo mu Karere ka Nyaruguru, bavuga ko bamaze kubona ibyiza byo gukora ubuhinzi bwa kijyambere, bakavuga ko umusaruro babonaga wiyongereye, bagasaba ababa bagikora ubuhinzi busanzwe guhindura bagakora bubahiriza inama bagirwa ko aribwo bazabona umusaruro ushimishije.

Ni abaturage bo mu Murenge wa Ruheru, Akagali k’Umusebeya, mu Mudugudu w’Uwimbogo, bemeze ko bari bakennye, ariko uyu munsi umusaruro bakura mu buhinzi bw’ibirayi ushimishije ko byabazaniye iterambere.

Abaturage bashobora kuhira ibirayi mu mirma

Nyiranziza Odette Ati:” Nakubwira ko aho ubuyobozi butangiriye kutwegera, amateka yarahindutse, umusaruro tutabonaga ukaboneka, kuko uyu munsi iyo uhinze ku materasi, aragenda agafata amazi y’imvura kandi agatindamo, ariko n’ifumbire nayo wayikoresha, ikamaramo igihe kirekire kuko iba itatwawe n’isuri, ibyo byose bikongera umusaruro”

KAMANZI Umuhinzi ntangarugero, Umurenge wa NYABIMATA, yahinze ibirayi kuri hegitali 2, avuga ko umusaruro udashobora kujya munsi ya toni 50

Nsabimana Japhet wakorewe materasi y’inganire mu murima we ati:” Hashize imyaka ibiri bankoreye amaterasi y’indinganire mu isambu, ariko umusaruro nabonaga wariyongereye cyane, kuberako ubutaka, icya mbere baba baburinze gutwarwa n’isuri, ifumbire iyo uyishyizemo igumamo. Ariko bakidukorera amaterasi bwa mbere, ubuyobozi bwahise buduha imbuto nziza, buduha ishwagara n’imvaruganda baranaduterera”.

Ubuyobozi busoza busaba abaturage kubyaza umusaruro amaterasi n’ibishanga batunganirijwe, kubifata neza, kuko impinduka nziza mu buhinzi ziri muri aka Karere, inyinshi bazikesha amaterasi n’ibishanga byatunganijwe, kandi uko ubushobozi buzaboneka hazatunganywa n’andi.

Nyaruguru: Uko gutunganya ibishanga no guca amaterasi y'indinganire byazamuye imibereho y'abaturage.

Inkuru Iheruka

Ingengo y’imari y’u Rwanda yavuye kuri miliyari 3017.1 Frw umwaka dusoza igera kuri 3245.7 Frw ku mwaka tugiye gutangira wa 2020/2021

Inkuru Ikurikira

MININFRA: Yashyizeho amande ku bazajya batinza ibicuruzwa byabo aho byagenewe gupakururirwa ku mipaka.

kellyray

kellyray

IzijyanyeInkuru

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane
Amakuru

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

na Ubwanditsi
January 23, 2021
0

Impuguke mu burezi zisanga ababyeyi bakwiye kurushaho kwegera cyane abana babo mu gihe kuri ubu basabwa kubafasha mu masomo yabo...

Soma Birambuye
Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

January 22, 2021
Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

January 22, 2021
Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

January 22, 2021
Kugira ba maneko bakarishye ni intwaro ikomeye , menya ibihugu bibatunze

Kugira ba maneko bakarishye ni intwaro ikomeye , menya ibihugu bibatunze

January 22, 2021
Meteorwanda yatangaje ko mu minsi 10 hateganyijwe imvura

Meteorwanda yatangaje ko mu minsi 10 hateganyijwe imvura

January 21, 2021
Inkuru Ikurikira
MININFRA: Yashyizeho amande ku bazajya batinza ibicuruzwa byabo aho byagenewe gupakururirwa ku mipaka.

MININFRA: Yashyizeho amande ku bazajya batinza ibicuruzwa byabo aho byagenewe gupakururirwa ku mipaka.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 79 Followers
  • 41.1k Followers
  • 22.9k Followers
  • 99 Subscribers
  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

January 14, 2021
Mukobwa menya ibintu  byerekana ko umuhungu mukundana atakubeshya

Mukobwa menya ibintu byerekana ko umuhungu mukundana atakubeshya

January 12, 2021
Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

January 11, 2021
Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

January 10, 2021
Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

0
COVID-19: Shampiyona y’umupira w’amaguru yahagaritswe, FERWAFA itegekwa gupimisha abakinnyi n’abatoza

COVID-19: Shampiyona y’umupira w’amaguru yahagaritswe, FERWAFA itegekwa gupimisha abakinnyi n’abatoza

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

January 23, 2021
Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

January 22, 2021
Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

January 22, 2021
Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

January 22, 2021

Recent News

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

January 23, 2021
Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

January 22, 2021
Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

January 22, 2021
Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

January 22, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Amakuru
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Kinyarwanda
  • English
  • Amamaza Hano
  • Tuvugishe

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist