• Kinyarwanda
  • English
Thursday, April 22, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

  • IMYIDAGADURO
    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Ingabire  yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Ingabire yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Huye: Abaturage  bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    Huye: Abaturage bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Tariki 8 Mata 1994:                                Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

    Tariki 8 Mata 1994: Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

  • IMYIDAGADURO
    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Ingabire  yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Ingabire yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Huye: Abaturage  bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    Huye: Abaturage bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Tariki 8 Mata 1994:                                Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

    Tariki 8 Mata 1994: Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Nyamukuru

Munyakazi Sadate na Komite bari bafatanyije kuyobora Rayon Sports bamaze gusezererwa ku buyobozi bw’iyi kipe

kellyray na kellyray
January 2, 2021
mu Nyamukuru
0
Munyakazi Sadate na Komite bari bafatanyije kuyobora Rayon Sports bamaze gusezererwa ku buyobozi bw'iyi kipe
0
ZASANGIJWE
22
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Munyakazi Sadate na Komite bari bafatanyije kuyobora Rayon Sports bamaze gusezererwa ku buyobozi bw’iyi kipe mu nama yahuje inzego zitandukanye iri kubera muri Kigali Arena. Bitarenze ku wa 4 haratangazwa Komite nshya y’agateganyo.

Minisiteri ya Siporo yatumiye abanyamakuru ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Nzeri 2020, ngo ibatangarize imyanzuro yavuye mu biganiro byahuje inzego zitandukanye ku bibazo bimaze iminsi bivugwa mu ikipe ya Rayon Sports.

Hashize igihe muri iyi kipe ihiga izindi zo mu Rwanda mu kugira abafana benshi, humvikana ibibazo bishingiye ku kutumvikana hagati y’ubuyobozi buriho muri iyi kipe ndetse n’igice cy’abahoze ari abayobozi bayo.

Ibibazo byo muri Rayon Sports byageze ubwo bigera no kuri Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ndetse abishinga Minisitiri wa Siporo kugira ngo abikurikirane bikemuke.

Mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye n’Ikigo cy’Itangazamakuru cya RBA muri uku kwezi kwa Nzeri 2020, mu bibazo yabajijwe hagarutsemo ikibazo cy’ikipe ya Rayon Sports.

Icyo gihe Perezida Kagame yavuze ko nubwo adakunze gukurikira umupira w’amaguru wo mu Rwanda, ariko ibibazo biri muri iyo kipe yabyumvise, kandi ko yari azi ko byakemutse kuko yabishyize mu biganza by’ababishinzwe.

Icyo gihe yagize ati “Iby’imipira yo mu Rwanda ntabwo nayiherukaga ariko numvise ko habayemo ibintu by’amakimbirane… nizere ko byaba byarakemuwe, ndibuka mbivugana na Minisitiri wa Siporo Madame Mimosa, numvaga inzira yabishyizemo isa nk’aho igenda ibikemura, ariko ntabwo mperuka amakuru ya vuba aha ngaha, naramwizeye nizeye ko n’inzira imeze neza, ndizera ko byaba byarabonye igisubizo”.

Nyuma y’icyo gihe, Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Mimosa, na we yatangaje ko ibibazo biri muri Rayon Sports bitazarenza ukwezi kwa Nzeri bitarakemuka.

Muri aya masaha ya saa saba ni bwo hagiye kuba ikiganiro n’abanyamakuru, aho Minisiteri ya Siporo igiye kugaragaza imyanzuro yavuye mu biganiro byahuje inzego zinyuranye ku bibazo bya Rayon Sports.

 

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Kabiri muri Kigali Arena, Umukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, Dr Usta Kaitesi, yavuze ko Komite ya Munyakazi yananiwe kuzuza inshingano yahawe.

Ati “Murabizi ko twahagaritse inzego zindi z’umuryango, dusigaho komite nyobozi kuko twifuzaga ko ishobora gukomeza kuba ikora ubuzima bw’umuryango […] ariko isesengura ryacu ryagaragaje ko inshingano twabahaye n’inshingano zisanzwe z’umuryango batashoboye kuzikora, ntabwo bashoboye guhuza umuryango ndetse ntibanashoboye no kudushyikiriza inyandiko zivuguruye nk’uko twari twabibasabye.”

Yavuze ko nyuma yo guhagarika aba bayobozi basanzwe bayobora Rayon Sports, hagiye gushyirwaho abayobozi bazategura impinduka mu gihe cy’inzibacyuho. Ati“Abayobozi bahagaritswe, basabwa kuzakora ihererekanyabubasha n’abo baza kuba bashyizweho [rikazaba] kuwa 24 Nzeri.”

Dr Kaitesi yavuze ko mu gihe cy’ukwezi, ibibazo bya Rayon Sports nibiba bitarakemuka, RGB ifite uburenganzira bwo gufata ibindi byemezo birimo no guhagarikwa by’agateganyo.

Imyanzuro yafashwe na RGB:

1. RGB yihanangirije Umuryango Rayon Sports Association kuko wateshutse ku nshingano.

2. Komite Nyobozi y’Umuryango iriho irahagaritswe kuko itabashije gusoza inshingano yahawe mu gukemura ibibazo by’umuryango.

3. Mu rwego rwo kubungabunga ibikorwa by’umuryango, ibikorwa bya Rayon Sports biraragizwa mu buryo bw’agateganyo Komite y’inzibacyuho.

4. Ihererekanya bubasha hagati ya Komite yari isanzwe iriho na Komite y’Inzibacyuho rizakorwa bitarenze tariki ya 24 Nzeri 2020. Abazayobora iyi nzibacyuho bazamenyekana mbere y’iherekanyabubasha.

5. Mu gihe Rayon Sports izaba itabashije gekemura ibibazo dushingiyeho tubihanangiriza mu gihe cy’ukwezi (iminsi 30), hazakurikizwa ibiteganywa n’ingingo ya 32 y’itegeko rigenga imiryango nyarwanda itari iya leta biteganya ihagarikwa ry’agateganyo ry’umuryango.

Kuva muri Mata uyu mwaka, muri Rayon Sports- ikipe ikunzwe n’Abanyarwanda benshi- havugwamo umwuka utari mwiza, aho hari abadashyigikiye ubuyobozi buhari buyobowe na Munyakazi, ku isonga ry’abashaka impinduka hakaba abigeze kuyiyobora barangajwe imbere na Muvunyi Paul yasimbuye.

Iyi kipe kandi ivugwamo ikibazo cy’amikoro make n’imikoranire itari myiza n’abaterankunga barimo SKOL, aho abakinnyi baheruka umushahara wa Werurwe, bamwe bavuga ko bahawe igice mu ntangiriro z’uku kwezi, ni nyuma y’uko bari bamaze hafi amezi atanu barahagarikiwe akazi kubera icyorezo cya Coronavirus.

Muri ibi bibazo byayivuzwemo cyane ibishingiye ku buyobozi, niho havuye ibaruwa Munyakazi Sadate yandikiye RGB ayimenyesha ko hari abantu atazi bivanga mu buyobozi bw’ikipe.

Iyi yakurikiwe n’indi yanditswe n’abahoze bayobora Rayon Sports, barimo Ngarambe Charles wandikiye RGB avuga ko ari we muyobozi uhagarariye Umuryango Rayon Sports byemewe n’amategeko ndetse nyuma y’aho, aba bakoze inama ikuraho Komite Nyobozi ihagarariwe na Munyakazi Sadate bayishinja imikorere mibi irimo gucamo ibice abafana no gushwana n’abaterankunga.

Hari n’abavugaga kandi ko uburyo Sadate yatowemo binyuranyije n’amategeko bityo yakagombye kwegura kuko yatowe n’abafana aho kuba abanyamuryango bemewe b’ikipe.

Munyakazi Sadate yandikiye kandi Perezida Kagame ibaruwa ndende y’amapaji ane, amumenyesha ibibazo byose bivugwa muri iyi kipe birimo kunyereza umutungo kw’abahoze bayiyobora, ruswa, kugura abasifuzi no kuba hari abavuga ko bazarimbura Rayon Sports.

Guhera mu mpera za Gicurasi, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangiye kugaragara mu bibazo bya Rayon Sports.

Ibi byatumye mu mpera z’uko kwezi, RGB yemeza ko Munyakazi Sadate, ari we muyobowe wemewe ndetse imusaba kuyigezaho raporo y’ibikorwa by’iyi kipe, yakozwe hagati ya Gicurasi na Kamena no kugira ibyo avugurura mu mategeko shingiro y’Umuryango Rayon Sports.

Ku wa 7 Kanama 2020, RGB yandikiye Munyakazi Sadate imusaba guhagarika inzego zose zigize Umuryango Rayon Sports hagasigara gusa Komite Nyobozi ireberera ikipe mu gihe hagikorwa inonosora y’amategeko shingiro yawo ndetse kuva icyo gihe bikaba bitari byemewe gutumiza inama y’Inteko Rusange.

Iki cyemezo cya RGB nticyakiriwe neza na bamwe mu bavuga ko ari bo banyamuryango bemewe ba Rayon Sports, bandikiye Munyakazi Sadate tariki ya 8 Kanama bamusaba gutumiza Inama y’Inteko Rusange bivugwa ko yari igamije kumukuraho, aho bo bagaragazaga ko ari iyo gukemura ibibazo bivugwa muri uwo muryango.

Ku wa 26 Kanama, aba banyamuryango bandikiye RGB basaba gutumiza Inama y’Inteko Rusange, ariko basubizwa ko hakinonosorwa amategeko shingiro y’Umuryango Rayon Sports bityo gutumiza inama y’Inteko Rusange bidashoboka kugeza igihe kizamenyeshwa.

Kuba nta gisubizo kibanyuze bahawe na RGB, byatumye aba bavuga ko ari bo banyamuryango nyakuri ba Rayon Sports, bandikira Perezida Kagame mu ntangiriro z’uku kwezi.

Muri iyi baruwa yagiye ahagaragara tariki ya 5 Nzeri, aba banyamuryango bahagarariwe na Me Kabuye N. Jean, basabye Perezida Kagame ko yavanaho icyemezo cyafashwe na RGB kuko atari yo yagakwiye gushyiraho amategeko ya Rayon Sports kuko urwego rukuru muri uwo muryango ari Inteko Rusange, akaba ari nayo yemeza amategeko shingiro.

Munyakazi Sadate na Komite bari bafatanyije kuyobora Rayon Sports bamaze gusezererwa ku buyobozi bw'iyi kipe

Inkuru Iheruka

Rayon Sports yahawe Komite nyobozi y’inzibacyuho iyobowe na Murenzi Abdalah

Inkuru Ikurikira

Abaturarwanda bagomba kumenya ko tutarwanya kwishimira umwaka mushya – CP Kabera

kellyray

kellyray

IzijyanyeInkuru

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno
Nyamukuru

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

na Ubwanditsi
April 20, 2021
0

Itangazo ribika urupfu rwa Perezida wa Tchad ryashyizweho umukono na General Azem Bermandoa rivuga ko umukuru w'igihugu Idriss Déby Itno...

Soma Birambuye
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

April 16, 2021
Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

April 16, 2021
Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

April 16, 2021
France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

April 16, 2021
Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

April 16, 2021
Inkuru Ikurikira
Abaturarwanda bagomba kumenya ko tutarwanya kwishimira umwaka mushya - CP Kabera

Abaturarwanda bagomba kumenya ko tutarwanya kwishimira umwaka mushya - CP Kabera

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Ubushinjacyaha busanga kuba Rusesabagina yarasabye  imbabazi akwiye kuryozwa icyaha cy’ubwicanyi

Ubushinjacyaha busanga kuba Rusesabagina yarasabye imbabazi akwiye kuryozwa icyaha cy’ubwicanyi

April 1, 2021
Real Madrid umweyo uhereye ku bihangange Ramos na Hazard harifuzwa Haaland na Mbappe

Real Madrid umweyo uhereye ku bihangange Ramos na Hazard harifuzwa Haaland na Mbappe

March 28, 2021
Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

April 11, 2021
Iran: Amahame y’idini yatumye Television ihagarika inshuro zirenga ijana umukino wa Manchester na Tottenham

Iran: Amahame y’idini yatumye Television ihagarika inshuro zirenga ijana umukino wa Manchester na Tottenham

April 15, 2021
Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

1
Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

April 20, 2021
Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

April 19, 2021
Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

April 18, 2021
FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

April 18, 2021

Recent News

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

April 20, 2021
Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

April 19, 2021
Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

April 18, 2021
FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

April 18, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Inkuru zamamaza
  • Nyamukuru
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Uburezi
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Udushya
  • Urukundo
  • POLITIKI
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist