• Kinyarwanda
  • English
Saturday, February 27, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Perezida Kagame  yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

  • IMYIDAGADURO
    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Byinshi  ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Byinshi ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

    Bitunguranye  Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Bitunguranye Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Perezida Kagame  yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

  • IMYIDAGADURO
    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Byinshi  ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Byinshi ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

    Bitunguranye  Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Bitunguranye Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Amakuru

Meteorwanda yatangaje ko mu minsi 10 hateganyijwe imvura

Ubwanditsi na Ubwanditsi
January 21, 2021
mu Amakuru
0
Meteorwanda yatangaje ko mu minsi 10 hateganyijwe imvura
0
ZASANGIJWE
21
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteorwanda cyatangaje ko mu gice cya gatatu cy’ukwezi kwa Mutarama 2021, hagati y’italiki ya 21 kugeza ku ya 31, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 15 na 150.

Mu gihugu hose hateganyijwe imvura izibanda mu minsi ibanza henshi mu gihugu (hagati y’italiki ya 22 na 25), hagati y’italiki ya 23 na 25 Mutarama 2021 hakaba hateganyijwe imvura iringaniye henshi mu gihugu n’imvura nyinshi mu majyepfo y’ Iburengerazuba bw’igihugu (Nyamagabe, Nyaruguru, Rusizi na Nyamasheke). Umubare w’iminsi imvura iteganyijwe kuboneka uzaba uri hagati y’iminsi itatu (3) n’iminsi itanu (5).

Mu mpera z’iminsi icumi y’iri teganyagihe (kuva taliki 26 kugeza 31) imvura izagabanuka mu gihugu. Imvura iteganyijwe ikazaba iri hejuru y’ikigereranyo cy’imvura isanzwe igwa mu minsi icumi y’iri teganyagihe mu majyepfo y’iburengerazuba no hejuru gato y’icyo kigereranyo ahandi hasigaye.

Imvura iteganyijwe mu gihugu mu Ntara y’Iburasirazuba iri hagati ya milimetero 15 na 60. Mu majyaruguru y’Akarere ka Nyagatare ni ho hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’ahandi muri iyi ntara iri hagati ya milimetero 15 na 30 naho mu majyepfo y’Akarere ka Kirehe ni ho hateganyijwe imvura iruta iy’ahandi iri hagati ya milimetero 45 na 60. Ahandi hasigaye muri iyi ntara hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 30 na 45.

Umujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro no mu burasirazuba bw’Uturere twa Gasabo na Nyarugenge hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 30 na 45, mu burengerazuba bw’Uturere twa Nyarugenge na Gasabo hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 45 na 60.

Mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Kamonyi n’igice gito cyo mu burasirazuba bw’Uturere twa Nyanza na Ruhango hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 45 na 60. Mu turere twa Muhanga, Huye, Gisagara n’ahandi hasigaye mu turere twa Ruhango na Nyanza hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 60 na 90.

Mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 75 na 110, ariko mu burengerazuba ahegereye Pariki ya Nyungwe muri utu turere hateganyijwe imvura izagera kuri milimetero 150.

Intara y’Iburengerazuba mu Karere ka Nyabihu, mu burasirazuba bw’Akarere ka Ngororero n’amajyaruguru y’Akarere ka Rubavu hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 60 na 75. Mu karere ka Rutsiro, Karongi n’ahasigaye mu Turere twa Rubavu na Ngororero hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 75 na 90.

Mu turere twa Rusizi na Nyamasheke hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 90 na 110 ariko ahegereye Pariki ya Nyungwe hateganyijwe imvura igera kuri milimetero 150.

Mu Ntara y’Amajyaruguru mu Karere ka Musanze no mu burengerazuba bw’Uturere twa Burera na Gakenke hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 60 na 75. Mu karere ka Rulindo, mu burasirazuba bw’Uturere twa Burera na Gakenke no mu burengerazuba bwa Gicumbi hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 45 na 60, mu burasirazuba bw’Akarere ka Gicumbi hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 30 na 45.

Inkuru Iheruka

Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge bikomeje gukwirakwiza ubwandu

Inkuru Ikurikira

Kugira ba maneko bakarishye ni intwaro ikomeye , menya ibihugu bibatunze

Ubwanditsi

Ubwanditsi

IzijyanyeInkuru

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga
Amakuru

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

na Ubwanditsi
February 27, 2021
0

Ntivuguruzwa Deogratias w’Imyaka 39 y’amavuko afungiye kuri station ya RIB ya Mugina, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana yigishaga. Ntivuguruzwa wigishaga...

Soma Birambuye
Rwanda : Hagiye kwifashishwa   mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

Rwanda : Hagiye kwifashishwa mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

February 27, 2021
Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

February 26, 2021
Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

February 25, 2021
Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

February 25, 2021
Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

February 23, 2021
Inkuru Ikurikira
Kugira ba maneko bakarishye ni intwaro ikomeye , menya ibihugu bibatunze

Kugira ba maneko bakarishye ni intwaro ikomeye , menya ibihugu bibatunze

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Ntibisanzwe i Rusizi: Umwana yakatiwe igifungo cy’imyaka 15  azira kwica abagore

Ntibisanzwe i Rusizi: Umwana yakatiwe igifungo cy’imyaka 15 azira kwica abagore

February 15, 2021
Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

February 17, 2021
RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

January 14, 2021
Gatsibo : Umunyeshuri yasohowe mu ‘ishuli biteza imyigaragabyo  hangirika byinshi

Gatsibo : Umunyeshuri yasohowe mu ‘ishuli biteza imyigaragabyo hangirika byinshi

February 9, 2021
Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

1
Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

February 27, 2021
Rwanda : Hagiye kwifashishwa   mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

Rwanda : Hagiye kwifashishwa mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

February 27, 2021
Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

February 26, 2021

Recent News

Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

February 27, 2021
Rwanda : Hagiye kwifashishwa   mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

Rwanda : Hagiye kwifashishwa mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

February 27, 2021
Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

February 26, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Amakuru
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • POLITIKI
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist