• Kinyarwanda
  • English
Thursday, April 22, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

  • IMYIDAGADURO
    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Ingabire  yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Ingabire yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Huye: Abaturage  bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    Huye: Abaturage bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Tariki 8 Mata 1994:                                Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

    Tariki 8 Mata 1994: Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

  • IMYIDAGADURO
    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Ingabire  yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Ingabire yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Huye: Abaturage  bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    Huye: Abaturage bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Tariki 8 Mata 1994:                                Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

    Tariki 8 Mata 1994: Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Nyamukuru

Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza ubutaka budafite abo bwanditseho

Ubwanditsi na Ubwanditsi
January 11, 2021
mu Nyamukuru, Politiki, Ubukungu
0
Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza  ubutaka budafite abo bwanditseho
0
ZASANGIJWE
87
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Mukarage Jean Baptiste, avuga ko kuva ku wa 31 Ukuboza 2020, ubutaka budafite abo bwanditseho bwamaze kwandikwa kuri Leta by’agateganyo.

Umuyobozi w’agateganyo w’ishami ry’imicungire y’ubutaka mu kigo gishinzwe imicungire n’imikoreshereze y’ubutaka mu Rwanda, Mukarage Jean Baptiste, avuga ko kwandikisha ubutaka byatekerejweho mu mwaka wa 2004.

Avuga ko habayeho amavugurura menshi, igikorwa nyirizina gitangira mu mwaka wa 2009 kugera muri 2013.

Avuga ko habaruwe ubutaka 11,539,974 mu gihugu cyose. Avuga ko hakomeje gutangwa amahirwe ku kwandikisha ubutaka ndetse hatangwa n’igihe ntarengwa kugera ku wa 31 Ukuboza 2020.

Ati “Twabonye hari ubutaka burenga miliyoni n’igice butabaruye dutanga amahirwe. Ku wa 15 Ukwakira 2019 hatanzwe amezi atatu, hongerwaho andi kugera ku wa 30 Kamena 2020, nabwo kubera COVID-19 twongeraho kugeza ku wa 31 Ukuboza 2020 kugira ngo abantu bandikishe ubutaka bwabo.”

Mukarage avuga ko kwandika ubutaka bigamije kugabanya amakimbirane mu miryango, guhuguzanya no gupfa imbibi.

Umubitsi w’impapuro mpamo z’ubutaka mu Ntara y’Iburasirazuba, Muvara Pothin, avuga ko kugera ku wa 30 Ukuboza 2020, ubutaka butabaruwe bungana na 1,499,845 ku butaka bwabaruwe mu gihugu cyose bingana na 13%.

Avuga ko kubaruza ubutaka ahanini bikorwa mu mijyi kurusha mu cyaro aho i Kigali ku bibanza birenga ibihumbi 31 ibirenga 423 gusa ari byo bitabaruye bingana na 7%.

Intara y’Amajyepfo ku butaka burenga miliyoni eshatu n’ibihumbi magana abiri (3, 200,000) ubutabaruye bungana n’ibihumbi 503 bingana na 15%.

Intara y’Iburengerazuba ubutaka butabaruye bungana n’ibihumbi 399 birengaho gato ku butaka busaga miliyoni 3 n’ibihumbi 190 bingana na 12%.

Intara y’Amajyaruguru ngo habonetse ubutaka butabaruye busaga ibihumbi 303 kuri miliyoni 2 n’ibihumbi 600 zirenga z’ubutaka bwose bingana na 11%.

Ni mu gihe mu Ntara y’Iburasirazuba hari ubutaka burenga ibihumbi 261 bitabaruwe kuri miliyoni zisaga 2 n’ibihumbi 18 z’ubutaka bwose bingana na 13%.

Umubitsi w’impapuro mpamo mu Ntara y’Iburasirazuba Muvara Pothin avuga ko muri rusange ubutaka butabaruye mu gihugu cyose buri ku mpuzandengo ya 13%.

Avuga ko iyi mibare ari myinshi ari na byo byatumye hibazwa ko bushobora kuba ba nyirabwo badahari cyangwa ari ubwa Leta.

Agira ati “Iyi mibare ni myinshi, urumva ba nyiri ubutaka bageze kuri 13% mu gihugu batagerwaho n’inyungu yabwo, haba ijyanye n’ubukungu, izijyanye n’umutekano, inyungu no kubwifashisha bikenura. Bituma hibazwa niba ba nyirabwo babaho cyangwa ubutaka ari ubwa Leta bwigabijwe.”

Umuyobozi w’agateganyo w’ishami ry’imicungire y’ubutaka mu kigo gishinzwe imicungire n’imikoreshereze y’ubutaka mu Rwanda, Mukarage Jean Baptiste, avuga ko impamvu zituma hari abatandikisha ubutaka harimo kutabiha agaciro cyangwa kutita ku bintu.

Hari kandi gukwepa imisoro, kuba harimo abigabije ubutaka bwa Leta bagatinya ko bagiye kubwibaruzaho bavumburwa bakabwamburwa. Ariko nanone ngo hari abantu baba batifuza ko imitungo yabo igaragara.

Mukarage Jean Baptiste avuga ko kuva ku itariki 31 Ukuboza 2020, ubutaka bwose budafite uwo bwanditseho bwanditswe kuri Leta by’agateganyo kugeza igihe ba nyirabwo bazabonekera ariko na byo ngo bikazagira igihe n’ubwo kitarashyirwaho.

Ati “Kuva itariki 31 z’ukwa cumi n’abiri 2020 zigeze twari twaramaze no kubabwira ko ubwo butaka bwaba bwanditswe kuri Leta by’agateganyo mu gihe dutegereje y’uko hazaboneka ba nyirabwo bakaza bakabwandikisha.”

Mukarage yibutsa ko Leta ari yo ifite ububasha bw’ikirenga ku micungire y’ubutaka bwose kuko ari ubwa bose abariho n’abazabaho mu bihe bizaza ikabucunga ku nyungu z’Abanyarwanda bose.

Inkuru Iheruka

IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara yibaziye amatungo yaturutse

Inkuru Ikurikira

Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

Ubwanditsi

Ubwanditsi

IzijyanyeInkuru

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno
Nyamukuru

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

na Ubwanditsi
April 20, 2021
0

Itangazo ribika urupfu rwa Perezida wa Tchad ryashyizweho umukono na General Azem Bermandoa rivuga ko umukuru w'igihugu Idriss Déby Itno...

Soma Birambuye
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

April 16, 2021
Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

April 16, 2021
Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

April 16, 2021
France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

April 16, 2021
Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

April 16, 2021
Inkuru Ikurikira
Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n'avabandimwe be!

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Ubushinjacyaha busanga kuba Rusesabagina yarasabye  imbabazi akwiye kuryozwa icyaha cy’ubwicanyi

Ubushinjacyaha busanga kuba Rusesabagina yarasabye imbabazi akwiye kuryozwa icyaha cy’ubwicanyi

April 1, 2021
Real Madrid umweyo uhereye ku bihangange Ramos na Hazard harifuzwa Haaland na Mbappe

Real Madrid umweyo uhereye ku bihangange Ramos na Hazard harifuzwa Haaland na Mbappe

March 28, 2021
Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

April 11, 2021
Iran: Amahame y’idini yatumye Television ihagarika inshuro zirenga ijana umukino wa Manchester na Tottenham

Iran: Amahame y’idini yatumye Television ihagarika inshuro zirenga ijana umukino wa Manchester na Tottenham

April 15, 2021
Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

1
Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

April 20, 2021
Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

April 19, 2021
Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

April 18, 2021
FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

April 18, 2021

Recent News

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

Igisirikare cya Tchad cyatangaje urupfu rwa Perezida Idriss Déby Itno

April 20, 2021
Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

April 19, 2021
Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

April 18, 2021
FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

April 18, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Inkuru zamamaza
  • Nyamukuru
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Uburezi
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Udushya
  • Urukundo
  • POLITIKI
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist