• Kinyarwanda
  • English
  • Amamaza Hano
  • Tuvugishe
Saturday, January 23, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge   bikomeje  gukwirakwiza ubwandu

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge bikomeje gukwirakwiza ubwandu

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana  uruhare  rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu  cyo mukarere !

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu cyo mukarere !

  • IMYIDAGADURO
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Ngoma :  Abafana ba APR FC  bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Ngoma : Abafana ba APR FC bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza  ubutaka budafite abo bwanditseho

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza ubutaka budafite abo bwanditseho

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara  yibaziye amatungo  yaturutse

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara yibaziye amatungo yaturutse

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye  Covid19  batoroka

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye Covid19 batoroka

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

    Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge   bikomeje  gukwirakwiza ubwandu

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge bikomeje gukwirakwiza ubwandu

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana  uruhare  rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu  cyo mukarere !

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu cyo mukarere !

  • IMYIDAGADURO
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Ngoma :  Abafana ba APR FC  bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Ngoma : Abafana ba APR FC bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza  ubutaka budafite abo bwanditseho

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza ubutaka budafite abo bwanditseho

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara  yibaziye amatungo  yaturutse

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara yibaziye amatungo yaturutse

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye  Covid19  batoroka

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye Covid19 batoroka

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

    Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Amakuru

Koperative Umurenge SACCO ziratabaza Leta ngo izifashe kuziba icyuho cy’igihombo ziri guterwa n’ingaruka za COVID-19

kellyray na kellyray
January 2, 2021
mu Amakuru
0
Koperative Umurenge SACCO ziratabaza Leta ngo izifashe kuziba icyuho cy’igihombo ziri guterwa n’ingaruka za COVID-19
0
ZASANGIJWE
11
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Umurenge SACCO ni gahunda ya Leta igamije kuzamura imibereho byiza y’abaturage mu Rwanda binyuze mu kwizigamira, igitekerezo cy’Amakoperative yo kuzigama no kuguriza (Umurenge SACCOs) gishingiye ku kumva ko ama banki n’ibindi bigo by’imari byibandaga cyane mu mijyi mu gihe umubare munini w’abatuge b’u Rwanda baba mu cyaro kandi batabasha kugera ku bigo by’imari nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bwa Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi.

Umurenge SACCOs zashinzwe mu mwaka wa 2008 hagamijwe kuzamura ubwizigame bwo mu cyaro no guha Abanyarwanda inguzanyo ziciriritse hagamijwe kugira ngo Abanyarwanda bikure mu bukene nka kimwe mubigize gahunda za Guverinoma y‘imyaka 7 NST1 (National Strategy Transformation, for 7 years phase one from 2017-2024) bityo biteze imbere kandi bizamure imibereho myiza yabo ndetse n’ubukungu bw’igihugu muri rusange.

Ubushakashatsi bwakozwe na Fin Scope 2008 na 2012 bwerekanye ko mu 2008, Abanyarwanda bagera kuri 21% bafite imyaka 18 cyangwa irenga, bari bamaze kumenya gukoresha ibigo by’imari bibegereye. Mu myaka itatu yakurikiyeho Umurenge SACCOs, abantu bari bamaze kugiramo Konti bikubye inshuro 5 kandi byazamuye imibereho yabo.

Kuva uru rwego rwajyaho, kimwe mu bibazo bikomeye rwahuye nabyo, ni ikibazo cy’amikoro make haba mu mari no mu bikorwa remezo. Aha Leta yakoze uko ishoboye itanga ubufasha butandukanye cyane cyane ubushake bwa Politiki mu gushyiraho ingamba z’imicungire y’ibi bigo by’imari.

Kimwe n’ibindi bibazo byose, Koperative Umurenge SACCO’s, zikomeza guhangana nabyo ntibizibuze kwiyubaka kuko kugeza ubu zari zimaze kuba ubukombe hari bimwe mu bibazo byakemutse nko kubona inzu zo gukoreramo n’ibindi biri mu mishinga igiye gutangiza nko kwinjira mu buryo bwo gukoresha ikoranabuhanga nkuko biteganijwe muri gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi (NST1).

Umurenge SACCOs muri iki gihe cya Coronavirus.

Muri iki gihe isi yugarijwe n’icyorezo cya covid-19 n’ u Rwanda by’ umwihariko, kuva ku wa 14 Werurwe 2020 aribwo hagaragaye umuntu wa mbere ugaragaweho ko yanduye iki cyorezo, kugeza uyu munsi u Rwanda rukaba rufite abantu 144 bamaze kucyandura ukuyemo 69 bakize.

Ni igikorwa cy’indashyikirwa ku Rwanda rukesha ingamba rwafashe ku ikubitiro rukimara kubona intera icyorezo cya COVID-19 cyari kimaze gufata ku isi, u Rwanda kandi rumaze kubona ubukana bw’iki cyorezo aho cyari gitangiye kwivuna abatari bake mu bindi bihugu, rwongereye ingamba ndetse n’imbaraga mu gukumira ikwirakwira ry’icyo cyorezo.

Nibwo ku wa 21 Werurwe 2020 hashyizweho ingamba z’ibihe bidasanzwe kandi zigomba kubahirizwa mu gihe cy’ibyumweru bibiriri (2) bishobora kongerwa aho kugeza ubu bimaze kongerwa inshuro ebyiri.

Mu ngamba zafashwe iya mbere ivuga ko ingendo zitari ngombwa zibujijwe kandi gusohoka mu rugo nta mpamvu zihutirwa kandi zemewe bitemewe cyereka abajya gutanga no gushaka serivisi z’ingenzi nko kwivuza, guhaha, serivisi za banki n’izindi serivise nke zibanze.

N’ubwo serivisi za banki zakomeje imirimo ariko birumvikana imirimo yakorwaga yagombaga kugabanuka kugera ku kigero cyo hasi cyane by’umwihariko ku bigo by’imari biciriritse ugereranije na za banki y’ubucuruzi.

Tuvuze ku Umurenge SACCO, tuzi neza ko izi koperative zibona inyungu binyuze mu banyamuryango bazo muri servise zishyurwa hamwe n’inguzanyo zitanga zikishyurwa hiyongereyeho n’inyungu.

Muri iki gihe rero, birumvikana ko hari abanyamuryango bahawe inguzanyo bakazishora mu mishinga itandukanye ibyara inyungu, ariko kugeza ubu iyo mishinga imwe muri yo yarahagaze kubera amabwiriza yashizweho yo kwirinda ikwirakwira rya covid-19, bisonanuye ko muri iki gihe batabasha kwishyura inguzanyo bafashe binagendanye n’itangazo Bank Nkuru y’Igihugu (BNR) yasohoye ku wa 18 Werurwe 2020, rivuga ko hafashwe ingamba zirimo kwemerera ama banki kongera igihe cyo kwishyura umwenda (inguzanyo), ni mu gihe ba nyiri imishinga bavuga ko yamaze guhomba bitewe n’ingaruka za covid-19.

Byamaze kugaragara ko imirimo ikorwa n’abanyamuryango ari ukubikuza amafaranga bafite muri SACCOs gusa, kugira ngo bajye kuyifashisha muri ibi bihe abantu batemerewe kuva mu rugo, ndetse umuntu ntiyatinya no kuvuga ko banabikuza bagamije kuyibikira mu rugo mu rwego rwo kwirinda guhora mu nzira bashobora no guhuriramo n’ibyago byo kwandura icyorezo.

Iyi ni imbogamizi ikomeye kuko nyuma y’iki cyorerezo bigaragara ko abafite inguzanyo batazahita babona ubushobozi bwo kwishyura, SACCOs nazo hari ibyo zitabasha kwikemurira ku isonga guhemba abakozi zikoresha n’ibindi byangombya nkenerwa, bisobanuye ko mu gihe hatabonetse uburyo bwo gukuramo iki gihombo zafunga imiryango.

Koperative Umurenge SACCO ziratabaza, ni inde ufite inshingano zo gufasha izi koperative kwikura mu gihombo?

Nk’ uko twatangiye tubivuga ko Koperative Umurenge SACCO zashyiriweho gufasha abaturage, guhabwa amahirwe yo kubona amafaranga yo kwikura mu bukene, kwiteza imbere binyuze muri gahunda za Leta, kuko umubare munini w’abatuye mu cyaro byari bigoranye gushyikirana no gukorana n’ibigo by’imari.

Nk’uko biri mu ntego za Guverinoma y’u Rwanda, n’ubwo nyuma y’icyorezo ubukungu buzaba bwarahungabanye muri rusange, by’umwihariko uru rwego rwa za koperative hari hakwiye ko habaho uburyo bwo kuziba icyuho gikomoka ku ngaruka za COVID-19 cyane ko SACCOs ari koperative zashyizweho na Leta binyuze muri Banki Nkuru y’Igihugu (BNR).

Nta gushidikanya ubu butabazi butabonetse mu maguru mashya izi koperative zafunga imiryango na wa muturage akarushaho gusubira inyuma cyane ko intego zari zashyiriweho ari iyo kuzamura imibereho myiza y’umuturage, akabona iterambere rirambye binyuze muri gahunda ya Guverinoma NST1 (National Strategy Transformation, for 7 years Phase one).

Koperative Umurenge SACCO ziratabaza Leta ngo izifashe kuziba icyuho cy’igihombo ziri guterwa n’ingaruka za COVID-19

Inkuru Iheruka

Sangwa Sacco Gahengeri irashimira abanyamuryango bayo.

Inkuru Ikurikira

Ingengabihe y’amatora yari yamenyeshejwe Abanyarwanda yahindutse -Komisiyo y’amatora

kellyray

kellyray

IzijyanyeInkuru

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane
Amakuru

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

na Ubwanditsi
January 23, 2021
0

Impuguke mu burezi zisanga ababyeyi bakwiye kurushaho kwegera cyane abana babo mu gihe kuri ubu basabwa kubafasha mu masomo yabo...

Soma Birambuye
Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

January 22, 2021
Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

January 22, 2021
Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

January 22, 2021
Kugira ba maneko bakarishye ni intwaro ikomeye , menya ibihugu bibatunze

Kugira ba maneko bakarishye ni intwaro ikomeye , menya ibihugu bibatunze

January 22, 2021
Meteorwanda yatangaje ko mu minsi 10 hateganyijwe imvura

Meteorwanda yatangaje ko mu minsi 10 hateganyijwe imvura

January 21, 2021
Inkuru Ikurikira
Ingengabihe y’amatora yari yamenyeshejwe Abanyarwanda yahindutse -Komisiyo y’amatora

Ingengabihe y’amatora yari yamenyeshejwe Abanyarwanda yahindutse -Komisiyo y’amatora

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 79 Followers
  • 41.1k Followers
  • 22.9k Followers
  • 99 Subscribers
  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

January 14, 2021
Mukobwa menya ibintu  byerekana ko umuhungu mukundana atakubeshya

Mukobwa menya ibintu byerekana ko umuhungu mukundana atakubeshya

January 12, 2021
Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

January 11, 2021
Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

January 10, 2021
Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

0
COVID-19: Shampiyona y’umupira w’amaguru yahagaritswe, FERWAFA itegekwa gupimisha abakinnyi n’abatoza

COVID-19: Shampiyona y’umupira w’amaguru yahagaritswe, FERWAFA itegekwa gupimisha abakinnyi n’abatoza

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

January 23, 2021
Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

January 22, 2021
Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

January 22, 2021
Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

January 22, 2021

Recent News

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

January 23, 2021
Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

January 22, 2021
Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

January 22, 2021
Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

January 22, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Amakuru
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Kinyarwanda
  • English
  • Amamaza Hano
  • Tuvugishe

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist