• Kinyarwanda
  • English
Thursday, February 25, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Perezida Kagame  yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

  • IMYIDAGADURO
    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Byinshi  ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Byinshi ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Diamond yagaragaje ibyishimo nyuma yo kongera kubonana n’umwana we yabyaranye na Tanasha

    Diamond yagaragaje ibyishimo nyuma yo kongera kubonana n’umwana we yabyaranye na Tanasha

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

    Bitunguranye  Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Bitunguranye Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Urukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwongeye kwerekeza Amaso muri Centrifrika

    Urukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwongeye kwerekeza Amaso muri Centrifrika

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Perezida Kagame  yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

  • IMYIDAGADURO
    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Byinshi  ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Byinshi ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Diamond yagaragaje ibyishimo nyuma yo kongera kubonana n’umwana we yabyaranye na Tanasha

    Diamond yagaragaje ibyishimo nyuma yo kongera kubonana n’umwana we yabyaranye na Tanasha

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

    Bitunguranye  Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Bitunguranye Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Urukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwongeye kwerekeza Amaso muri Centrifrika

    Urukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwongeye kwerekeza Amaso muri Centrifrika

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Amakuru

Kigali: Abenshi bishimiye kumva umwe mu bagize Guverinoma y’u Rwanda atangaza ko azafata urukingo rwa COVID-19 mbere

Ubwanditsi na Ubwanditsi
February 5, 2021
mu Amakuru, Ubuzima
0
Kigali: Abenshi bishimiye kumva umwe mu bagize Guverinoma y’u Rwanda atangaza ko azafata urukingo rwa COVID-19 mbere
0
ZASANGIJWE
51
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda Dr. Daniel Ngamije, yabimburiye abandi bayobozi bagize Guverinoma y’u Rwanda gutangaza ko azaba mu bambere bazaterwa urukingo rwa COVID-19.

Ayo makuru akimara gutangazwa abenshi bishimiye kumva umwe mu bagize Guverinoma y’u Rwanda atangaza ko azafata urukingo rwa COVID-19 kuko bitanga urugero rwiza ku bandi n’icyizere, bigakuraho urwikekwe kuri bamwe bumva ko batakwizera ubuziranenge bw’inkingo zakozwe vuba zikaboneka mbere y’umuti wa COVID-19.

Ni amakuru Dr. Ngamije yatangaje mu kiganiro n’Abanyamakuru mu nyuma y’inama y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) rikorera muri Afurika yabaye ku wa Kane tariki ya 4 Gashyantarare 2021.

Minisitiri Dr. Ngamije yavuze ko azaba mu ba mbere bazahabwa urukingo mu rwego rwo kugaragaza ko izo nkingo zizewe kandi zizagira uruhare rukomeye mu guhagarika iki cyorezo.

Kwiteza urukingo mbere ya rubanda nyambwinshi ni bumwe mu buryo bwakoreshejwe n’abayobozi bakomeye ku n’ibyamamare mu bihugu byatangiye gahunda y’ikingira, mu rwego rwo kumara abasigaye impungege bafite zishingiye ku makuru y’ibihuha byagize ingaruka kuri bamwe bakaba bafite impungenge zo kwikingiza.

Nko muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) ababanje gukingirwa ni abagize Inteko Ishinga Amategeko, hakurikiraho Perezida mushya Joe Biden n’umugore we, Visi Perezida Kamala Harris na Mike Pence yasimbuye, Barack Obama, abandi bayepolitiki n’ibyamamare bitandukanye.

Ibyo byakozwe mu rwego rwo kgutanga urugero rwiza ku bo bayobora n’ababakurikira, ndetse bikaba n’ubukangurambaga bugamije kubafasha kwitabira kwikingiza ari benshi kuko umuhango wo gukingirwa ukorerwa imbere y’ibitangazamakuru binyuranye, ndetse na bo ubwabo bakifashisha mbuga nkoranyambaga mu gukwiza ubwo butumwa.

Mu gihe u Rwanda rwiteguye kwakira icyiciro cya mbere cy’inkingo za COVD-19, hari abiteguye kubona abagize Guverinoma mu b’imbere bazakingirwa, mu rwego rwo gutanga urugero rwiza ku Banyarwanda bose nk’uko byagiye bigenda mu bindi bihugu bitandukanye.

Uretse n’ibyo kandi, abayobozi kimwe n’abari ku ruhembe rw’imbere mu kurwanya icyorezo cya COVID-19, bafatiye runini Igihugu ku buryo guhabwa urukingo mbere bishobora kubarinda bagakomeza gushakira rubanda ibyiza bafite icyizere cy’izere cy’ubuzima buzira umuze.

U Rwanda ni kimwe mu bihugu bine bya mbere byo muri Afurika, hamwe n’Afurika y’Epfo, Cape Verde na Tunisia, bigiye gusaranganywa inkingo za COVID-19 zirenga miliyoni 1.1 mu zigomba gukwirakwizwa muri Afurika mu gihembwe cya mbere n’icya kabiri cy’umwaka wa 2021.

Ni inkingo zakusanyijwe muri gahunda ya COVAX igamije kwihutisha ikwirakwizwa ry’inkingo ku Isi mu buryo bungana kuri buri Gihugu.

Minisitiri Dr. Ngamije yavuze ko u Rwanda rwiteguye kwakira urukingo, anahishura ko nk’umuyobozi azaruterwa  mbere mu rwego rwo gutanga urugero rwiza ku bandi.

Yagize ati: “Hashize igihe kinini tuganira n’abakora mu nzego z’ubuzima ku buryo urukingo rukora, ariko nanone dukora ubukangurambaga dufatanyije n’abayobozi mu nzego z’ibanze ku buryo twizera tudashidikanya ko dukeneye urukingo kandi Abanyarwanda zarwakira neza cyane. Nzaterwa urukingo rwa mbere mu gutanga urugero rwiza.”

buzakomeza binyuze mu nzego z’ibanze no mu bakora mu nzego z’ubuzima kugira ngo bigishe kandi batange amakuru yizewe no guhugura abaturage muri rusange.

Yashimangiye ko hakenewe amakuru ashingiye ku bumenyi mu bya Siyansi agenerwa abaganga n’abandi bakozi bo mu nzego z’ibanze kugira ngo babone ubutumwa bwizewe bagomba kugeza ku mubare wagutse w’abaturarwanda.

Ati: “Nta gushidikanya guhari kandi ntabwo twiteze kubona abantu batinya guterwa uru rukingo. Ikindi kandi bizanshimisha guterwa urukingo ndi uwa mbere.”

Ku meza y’uruganiriro yahuriyeho n’Umuyobozi wa OMS muri Afurika Dr. Matshidiso Moeti, Minisitiri w’Ubuzima muri Malawi Khumbize Kandondo Chiponda, na Dr. Richard Mihigo Ukuriye Ishami rishinzwe Ibikorwa , n’ibikorwa byo guteza imbere gahunda zo gukingira, bagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo n’ingaruka zishobora kuba ku bantu bamwe na bamwe batewe inkingo.

Minisitiri Dr. Ngamije yavuze ko ku bo zishobora kugwa nabi cyangwa ntizikore neza mu mibiri yabo, ko ayo makuru azajya amenyeshwa rubanda ndetse hafatwe n’ibyemezo bikwiye mu gihe haba habonetse umubare munini bigaragara ko zabaguye nabi.

Leta y’u Rwanda ivuga ko ku ikubitiro abazabanza gukingirwa bangana na 20%, ariko muri rusange gahunda ikaba ari iyo gukingira nibura 60% bya miliyoni isaga 12 z’abaturarwanda.

Ati: “Uko tuzakomeza igikorwa cyo gukingira abakora mu nzego z’ubuzima, bizagenda biduha icyizere cyo gukomeza ibiganiro binyuze mu Muryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) kugira ngo duhabwe n’izindi nkingo ku zidufasha gukingira nibura abagera kuri 60%.”

Dr. Ngamije yahishuye ko u Rwanda rutazakingira buri Muturarwanda wese ako kanya, ari na yo mpamvu hakenewe gukomeza kuvugurura uburyo bwo kwita ku barwayi ba COVID-19, no kugura imiti iborohereza irimo uwa Favipiravir wamaze kugezwa mu Rwanda, na Monoclonal witezwe gutangira gukoreshwa mu gihe cya vuba.

Dr. Matshidiso Moeti yavuze ko OMS yagize impungenge ku myumvire y’Abanyafurika ishobora gutuma barwanya urukingo rwa COVID-19, iturutse ku bihuha bimaze igihe kinini bikwirakwizwa bishimangira ko zigamije kubarimbura.

Yavuze ko OMS ikomeje gukora ibishoboka byose kugira ngo abaturage babone amakuru mazima kuri urwo rukingo. Yagize ati: “Icyo twabonye ni uko abantu benshi bamaze igihe kinini bishimiye gukingirwa; mu gihe gito gishize ni bwo hatangiye ubukangurambaga bwangisha abantu urukingo rwa COVID-19. Turimo gukorana na za Guverinoma mu bukangurambaga bugamije gutanga amakuru akwiye kugira ngo abaturage nibatangira gukingirwa bazabe bazi agaciro kabyo. ”

Ku bijyanye n’inkunga y’u Bushinwa muri Afurika ijyanye no gutanga inkingo z’ubuntu, Dr. Richard Mihigo yashimangiye ko iyo nkunga yakiriwe neza kuko izagira uruhare mu kongera ingano y’inkingo zizatangwa muri gahunda ya COVAX. Gusa ngo urwo rukingo ruzatangira gukwirakwizwa nyuma yo kwemezwa na OMS.

Mihigo yavuze ko nubwo ibihugu by’Afurika bizafashwa kubona inkingo za COVID-19, ariko Igihugu cyabishaga kandi kibifitiye ubushobozi gishobora kwigurira izacyo mu nkingo zimaze kwemezwa na OMS.

Inkuru Iheruka

Bahungu dore ibyo mwakora kugirango usabe ubucuti umukobwa muhuye bwa mbere

Inkuru Ikurikira

Burundi : Abasirikare , Abanyamakuru , bakatiwe gufungwa burundu

Ubwanditsi

Ubwanditsi

IzijyanyeInkuru

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo
Amakuru

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

na Ubwanditsi
February 25, 2021
0

Ubutaliyani bwashyinguye mu cyubahiro umurambo wa nyakwigendera Luca Attanasio, ambasaderi wabwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, wiciwe kuwa mbere...

Soma Birambuye
Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

February 25, 2021
Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

February 23, 2021
Kigali: Nta musore cyangwa umukobwa ukigirana ibibazo n’undi bavuga bati twarabyaranye

Kigali: Nta musore cyangwa umukobwa ukigirana ibibazo n’undi bavuga bati twarabyaranye

February 23, 2021
Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

February 23, 2021
Abantu bagomba kumenya ko kwambara agapfumunwa neza  bitahindutse-CP Kabera

Abantu bagomba kumenya ko kwambara agapfumunwa neza bitahindutse-CP Kabera

February 23, 2021
Inkuru Ikurikira
Burundi : Abasirikare , Abanyamakuru , bakatiwe gufungwa burundu

Burundi : Abasirikare , Abanyamakuru , bakatiwe gufungwa burundu

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Ntibisanzwe i Rusizi: Umwana yakatiwe igifungo cy’imyaka 15  azira kwica abagore

Ntibisanzwe i Rusizi: Umwana yakatiwe igifungo cy’imyaka 15 azira kwica abagore

February 15, 2021
Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

February 17, 2021
RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

January 14, 2021
Gatsibo : Umunyeshuri yasohowe mu ‘ishuli biteza imyigaragabyo  hangirika byinshi

Gatsibo : Umunyeshuri yasohowe mu ‘ishuli biteza imyigaragabyo hangirika byinshi

February 9, 2021
Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

1
Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

February 25, 2021
Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

February 25, 2021
Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

February 23, 2021
Kigali: Nta musore cyangwa umukobwa ukigirana ibibazo n’undi bavuga bati twarabyaranye

Kigali: Nta musore cyangwa umukobwa ukigirana ibibazo n’undi bavuga bati twarabyaranye

February 23, 2021

Recent News

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

February 25, 2021
Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

February 25, 2021
Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

February 23, 2021
Kigali: Nta musore cyangwa umukobwa ukigirana ibibazo n’undi bavuga bati twarabyaranye

Kigali: Nta musore cyangwa umukobwa ukigirana ibibazo n’undi bavuga bati twarabyaranye

February 23, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Amakuru
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • POLITIKI
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist