• Kinyarwanda
  • English
Monday, March 1, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

    Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Perezida Kagame  yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

  • IMYIDAGADURO
    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Byinshi  ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Byinshi ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

    Bitunguranye  Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Bitunguranye Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

    Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Perezida Kagame  yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

  • IMYIDAGADURO
    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Byinshi  ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Byinshi ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

    Bitunguranye  Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Bitunguranye Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Amakuru

Inkomoko y’ibisigo by’ibyuma mu mateka y’Ubusizi nyarwanda

Ubwanditsi na Ubwanditsi
January 16, 2021
mu Amakuru, Politiki
0
Inkomoko y’ibisigo by’ibyuma mu mateka y’Ubusizi nyarwanda
0
ZASANGIJWE
31
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Mu ihishurirwa ry’Abanyarwanda, hagiye havukamo inganzo z’ingeri nyinshi, muri zo hakabamo inganzo y’ubusizi, bwari bugenewe gusingiza umwami n’ingoma ye, bukaba ikigega karundura gihunitse amateka y’ibikorwa by’abami b’u Rwanda n’ibyabaye ku ngoma zabo.

Ubusizi ni icyiciro cy’Ubuvanganzo nyemvugo bw’ibwami butazwi neza igihe bwatangiriye, ariko bugitangira bwahangwagamo imivugo migufi bitaga “Ibinyeto,” abahanzi babyo bakitwa “Abenge”.

Bwaje gutera imbere ku ngoma ya Ruganzu Ndoli wimye ahasaga mu wa 1510, afatanyije n’Umugabekazi Nyirarumaga, babashije kuzahura umuco nyarwanda, ubusizi buhabwa umwihariko w’ibwami. Ni bwo bwahawe izina rishya, Ibinyeto bihinduka “Ibisigo nyabami’’ naho abababihangaga bitwaga Abenge, bahinduka Abasizi.

Buri ngoma y’umwami wimaga i Rwanda, hagendaga havuka ibisigo bishya bigamije kuvuga ibigwi n’ibisingizo by’ingoma n’umwami uyitetseho, uko bwije n’uko bukeye byagendaga byiyongera umunsi ku wundi.

Bigeze ku Mwami Cyilima Rujugira, byatangiye kuzamuka, kubera ibihanitse byabaye ku ngoma ye birimo gutsinda igitero gikaze cyari cyagabwe ku rufatanye rw’ibihugu by’u Burundi, u Bugesera, i Gisaka na Ndorwa, nuko ahandirwa ibisigo by’impakanizi n’iby’ikobyo bigera kuri 29.

Ku ngoma ye kandi hari abasizi b’abahanga barimo Bagorozi na Muhabura tutibagiwe na Kalimunda. Abo bombi bigaragaje mu byo bise “Ibisigo by’ibyuma”! Abazi amateka yabyo, bavuga ko byari ibisigo byuje ubuhanga buhanitse, kuko byahanzwe mu buryo buhutiweho kandi butisobye ba nyiruguhanga ibyo bisigo.

Kuki byiswe Ibisigo by’ibyuma?

Abatekereza amateka y’ibisigo byiswe iby’ibyuma, batubwira ko ari ibisigo bigera kuri Birindwi byahanzwe n’inzobere mu busizi zavuzwe haruguru. Impamvu byiswe ibisigo by’ibyuma, byaturutse ku makimbirane yabaye hagati y’Abasizi Kalimunda na Muhabura, ubwo Kalimunda yajyaga gucurisha amacumu (ibyuma) y’abarwanyi maze Muhabura wagengaga icuriro muri ibyo bihe akamurangarana, avuga ko yabanje gushaka ibikoresho by’abatabazi b’Abacengeri.

Amakimbirane yavutse atyo, haba kwibaza niba hatsinda ingabo cyangwa abatabazi b’Abacengeri ku buryo hari abagombye gukerereza abandi mu gushakirwa ibikoresho.

Ibyo byatumye Kalimunda ajya kurega Muhabura kwa Cyilima Rujugira, mu gutanga ikirego cye yamureze mu gisigo yise “Ibyuma bitsindira abami,” mu kwiregura Muhabura yerekana ko yabanje gucura ibyangombwa by’abatabazi by’Abacengeri, abivuga mu cyo we yise “Ibyuma bimarira abami urubanza.”

Umwami yasabye abandi basizi kumufasha guca urubanza maze uwitwa Nyamugenda asa n’ushyigikira Kalimunda mu gisigo yise “Iyo urubanza rwagombye abakuru,” abandi bari aho na bo bagize icyo babivugaho, ni bwo Bagorozi agize ati “Zemeye inganzo ingongo”, maze Muhabura mu kwiregura asubiza Bagorozi ati “Mbwire Bagorozi umunsi ugumye”.

Umuhungu wa Muhabura witwaga Ndamira yamwunganiye mu gisigo yise “Abatabazi bagira ubatemera,” mwene Bagorozi na we yunganira se mu gushyigikira Kalimunda ati “Urubanza ruhari ntiruhumburwa” asa n’ushaka kuvuga ko urubanza rwaciwe n’umwami rudasubirwamo.

Muri ibyo bisigo byahanganywe ubuhanga, byashimishije Rujugira by’ihabya, nubwo byarimo impaka zo gukemura urubanza bari bamuzaniye.

Abasizi bakajije umurego mu kurushaho guhangiraho ibyo bisigo, mu rwego rwo kujya impaka cyane kugira ngo banagaragaze umusizi w’umuhanga kurusha undi. Guhera ubwo, ku ngoma ya Rujugira, ibyo bisigo byahawe inyito yihariye kubera amateka yihariye kandi akomeye byagize mu buvanganzo bw’Ubusizi nyarwanda

Inkuru Iheruka

Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

Inkuru Ikurikira

Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

Ubwanditsi

Ubwanditsi

IzijyanyeInkuru

Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta
Amakuru

Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

na Ubwanditsi
February 28, 2021
0

Mu nama ya 21 isanzwe y'ibihugu bigize umuryango wa Afrika y'iburasirazuba, Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yagaragaje ko hakwiye gushyirwa...

Soma Birambuye
Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

February 27, 2021
Rwanda : Hagiye kwifashishwa   mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

Rwanda : Hagiye kwifashishwa mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

February 27, 2021
Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

February 26, 2021
Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

February 25, 2021
Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

February 25, 2021
Inkuru Ikurikira
Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Ntibisanzwe i Rusizi: Umwana yakatiwe igifungo cy’imyaka 15  azira kwica abagore

Ntibisanzwe i Rusizi: Umwana yakatiwe igifungo cy’imyaka 15 azira kwica abagore

February 15, 2021
Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

February 17, 2021
RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

January 14, 2021
Gatsibo : Umunyeshuri yasohowe mu ‘ishuli biteza imyigaragabyo  hangirika byinshi

Gatsibo : Umunyeshuri yasohowe mu ‘ishuli biteza imyigaragabyo hangirika byinshi

February 9, 2021
Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

1
Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

February 28, 2021
Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

February 28, 2021
Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

February 27, 2021

Recent News

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

February 28, 2021
Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

February 28, 2021
Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

February 27, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Amakuru
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • POLITIKI
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist