• Kinyarwanda
  • English
Tuesday, April 20, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

  • IMYIDAGADURO
    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Ingabire  yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Ingabire yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Huye: Abaturage  bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    Huye: Abaturage bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Tariki 8 Mata 1994:                                Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

    Tariki 8 Mata 1994: Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

  • IMYIDAGADURO
    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Ingabire  yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Ingabire yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Huye: Abaturage  bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    Huye: Abaturage bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Tariki 8 Mata 1994:                                Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

    Tariki 8 Mata 1994: Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Nyamukuru

Ingengo y’imari y’u Rwanda yavuye kuri miliyari 3017.1 Frw umwaka dusoza igera kuri 3245.7 Frw ku mwaka tugiye gutangira wa 2020/2021

kellyray na kellyray
January 2, 2021
mu Nyamukuru
0
Ingengo y’imari y’u Rwanda yavuye kuri miliyari 3017.1 Frw umwaka dusoza igera kuri 3245.7 Frw ku mwaka tugiye gutangira wa 2020/2021
0
ZASANGIJWE
14
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

 

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, yabwiye Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi ko ingengo y’imari y’igihugu y’umwaka wa 2020/2021, ari miliyari 3245.7 Frw avuye kuri miliyari 3017.1 Frw yari mu ngengo y’imari ivuguruye y’uyu mwaka uri gusozwa.

Ibi bisobanuye ko ingengo y’imari y’umwaka utaha yiyongereyeho miliyari 228.6Frw ni ukuvuga inyongera ingana na 7.5% ugereranyije n’ingengo y’imari ya 2019/2020.

Kuri uyu wa mbere tariki 22 Kamena 2020, nibwo Minisitiri Ndagijimana yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko ibikubiye mu mushinga w’Itegeko rigena ingengo y’imari ya leta ya 2020/2021 ndetse n’ingamba z’ubukungu z’igihe giciriritse.

Insanganyamatsiko y’iyi ngengo y’imari ni “Ukuzahura ubukungu hagamijwe gusigasira imibereho myiza imirimo, ubucuruzi n’inganda”.

Mu ngengo y’imari hateganyijwe kongera umusaruro w’inzego zose z’ubukungu, imibereho myiza y’abaturage na gahunda zigamije guhanga imirimo.

Iyi ngengo y’imari yateguwe hitawe ku ngamba za leta zo kuzahura ubukungu bugasubira ku muvuduko bwariho no gushyira mu bikorwa gahunda na NST1. Kubaka ibikorwa remezo by’ubuzima, ibikoresho n’abakozi benshi kandi bashoboye.

Guteza imbere ubuhinzi, kwita ku batishoboye guhanga imirimo, kubaka ibikorwa remezo, amazi, amashanyarazi, gufasha abikorera binyuze mu kigega cyashyizweho.

Guteza imbere Made in Rwanda, guteza imbere ibikorwa by’ikoranabuhanga mu itumanaho kugira ngo bigere kuri bose kandi bifashe mu gutanga serivisi zitandukanye. Kubaka ibyumba by’amashuri mu kugabanya ubucucike n’ingendo, kwigisha neza abarimu n’ibindi.

Amafaranga akomoka imbere mu gihugu habariwemo n’inguzanyo z’imbere mu gihugu azagera kuri miliyari 1962.8Frw, bingana na 60.5% by’ingengo y’imari yose y’umwaka wa 2020/21.

Inkunga z’amahanga ziteganyijwe kugera kuri miliyari 492.5Frw bingana na 15.2% by’ingengo y’imari yose, naho inguzanyo z’amahanga zikazagera kuri miliyari 783.4Frw bingana na 24.1% by’ingengo y’imari yose.

Yagize ati “Muri rusange amafaranga ava imbere mu gihugu wongeyeho inguzanyo z’amahanga igihugu kizishyura afite uruhare rungana na 84.6% mu ngengo y’imari yose y’umwaka utaha, ibi bikaba bigaragaza aho tugeze muri ya gahunda twihaye yo kwigira”.

Ku bijyanye n’uburyo amafaranga azakoreshwa mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2020/2021, amafaranga ateganyijwe gukoreshwa mu ngengo y’imari isanzwe azagera kuri Miliyari 1,583 z’amafaranga y’u Rwanda bingana na 48.8% by’ingengo y’imari yose.

Amafaranga azakoreshwa mu mishinga y’iterambere azagera kuri Miliyari 1,298.5 z’amafaranga y’u Rwanda bingana na 40% by’ingengo y’imari yose.

Amafaranga y’imishinga y’iterambere ava imbere mu gihugu angana na miliyari 703.4Frw, naho amafaranga y’imishinga y’iterambere aturuka hanze ni miliyari 595.1Frw bingana na 18.3% by’ingengo y’imari yose.

Miliyari 306.5 Frw angana na 9.4% azakoreshwa mu bikorwa by’ishoramari rya Leta. Hari amafaranga yo gushyigikira ibikorwa by’abikorera, gushyigikira ibikorwa bya RwandAir, kongerera ubushobozi BRD. Gahunda ya Made in Rwanda yagenewe miliyari 7Frw.

Kugeza amashanyarazi ku baturage byagenewe miliyari 122.7Frw, aho hazubakwa imiyoboro ndetse ingo 118 657 zikagezwaho amashanyarazi binyuze ku muyoboro mugari ndetse n’izindi ibihumbi 50 zizagezwaho amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba.

Miliyari 243.3Frw zizakoreshwa mu kwihutisha gutwara abantu binyuze mu kubaka no gusana imihanda ya kaburimbo yo ku rwego rw’igihugu n’iyindi, hanagaragazwe imbago z’imihanda ya gari ya moshi.

Ubukungu buzazamuka ku gipimo cya 2%

Minisitiri Ndagijimana yavuze ko umwaka wa 2019 waranzwe n’umuvuduko w’izamuka ry’ubukungu, aho umusaruro mbumbe wazamutse 9.4% ugereranyije na 2018. Bikaba byaratewe n’umusaruro w’ubuhinzi, inganda na serivisi.

Muri uyu musaruro mbumbe, ubuhinzi bwagize uruhare rwa 24% inganda zigira uruhare rwa 18%, Serivisi zingana 49% mu gihe ibindi bisigaye byagize uruhare ku kigero cya 9%.

Yakomeje avuga ko mu 2020 uyu muvuduko wakomwe mu nkokora n’ingaruka za Coronavirus ku Isi yose, byatumye n’ikigereranyo cy’umusaruro mbumbe w’Isi kimanuka. Muri uku kwezi Banki y’Isi yerekanye ko GDP y’Isi izagabanuka -5.2%, ibihugu byateye imbere ni -7%, naho munsi y’ubutayu bwa Sahara umusaruro mbumbe uzagabanuka -5%.

Muri rusange, mu 2020 ubukungu buzazamuka ku gipimo cya 2%, naho mu gihe giciriritse buzamuke kuri 6.3% mu 2021, na 8% mu 2022, aho buzaba bugarutse aho bwari mbere ya Coronavirus.

Mu 2020 ubuhinzi buzazamuka 2.8% kubera ibiza by’imvura, igabanuka ry’amasoko n’ibiciro ku isoko mpuzamahanga, inganda zizazamuka 4%, urwego rwa serivisi ruziyongera kuri 1% kuko rwibasiwe by’umwihariko na coronavirus cyane cyane ubukerarugendo no kwakira inama mpuzamahanga. Izamuka ry’ibiciro ku masoko rizagera kuri 6.9%.

Amafaranga ava mu bukerarugendo yagabanyutse ku kigero cya 35%. Mu 2020 amafaranga y’ibyoherezwa mu mahanga azagabanukaho 19%.Umusaruro ku ngendo zo mu kirere uzagabanukaho 70%, ishoramari ry’abanyamahanga rigabanukeho 62%.

Abagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi.

Ingengo y’imari y’u Rwanda yavuye kuri miliyari 3017.1 Frw umwaka dusoza igera kuri 3245.7 Frw ku mwaka tugiye gutangira wa 2020/2021

Inkuru Iheruka

Bugesera: Nta muturage uzagenerwa ingurane ufite imitungo ku nkengengero z’ibiyaga

Inkuru Ikurikira

Nyaruguru: Uko gutunganya ibishanga no guca amaterasi y’indinganire byazamuye imibereho y’abaturage.

kellyray

kellyray

IzijyanyeInkuru

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
Nyamukuru

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

na Ubwanditsi
April 16, 2021
0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Mata 2021, ahagana saa moya n’iminota ine (19:04) ni bwo Munyenyezi  Béatrice...

Soma Birambuye
Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

April 16, 2021
Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

April 16, 2021
France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

April 16, 2021
Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

April 16, 2021
U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

April 16, 2021
Inkuru Ikurikira
Nyaruguru: Uko gutunganya ibishanga no guca amaterasi y'indinganire byazamuye imibereho y'abaturage.

Nyaruguru: Uko gutunganya ibishanga no guca amaterasi y'indinganire byazamuye imibereho y'abaturage.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Ubushinjacyaha busanga kuba Rusesabagina yarasabye  imbabazi akwiye kuryozwa icyaha cy’ubwicanyi

Ubushinjacyaha busanga kuba Rusesabagina yarasabye imbabazi akwiye kuryozwa icyaha cy’ubwicanyi

April 1, 2021
Real Madrid umweyo uhereye ku bihangange Ramos na Hazard harifuzwa Haaland na Mbappe

Real Madrid umweyo uhereye ku bihangange Ramos na Hazard harifuzwa Haaland na Mbappe

March 28, 2021
Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

April 11, 2021
Iran: Amahame y’idini yatumye Television ihagarika inshuro zirenga ijana umukino wa Manchester na Tottenham

Iran: Amahame y’idini yatumye Television ihagarika inshuro zirenga ijana umukino wa Manchester na Tottenham

April 15, 2021
Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

1
Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

April 19, 2021
Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

April 18, 2021
FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

April 18, 2021
Bwa mbere mu mateka abanyamerika babiri bageze muri 1/2 cya champions League

Bwa mbere mu mateka abanyamerika babiri bageze muri 1/2 cya champions League

April 17, 2021

Recent News

Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

April 19, 2021
Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

April 18, 2021
FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

April 18, 2021
Bwa mbere mu mateka abanyamerika babiri bageze muri 1/2 cya champions League

Bwa mbere mu mateka abanyamerika babiri bageze muri 1/2 cya champions League

April 17, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Inkuru zamamaza
  • Nyamukuru
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Uburezi
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Udushya
  • Urukundo
  • POLITIKI
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist