• Kinyarwanda
  • English
  • Amamaza Hano
  • Tuvugishe
Saturday, January 23, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge   bikomeje  gukwirakwiza ubwandu

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge bikomeje gukwirakwiza ubwandu

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana  uruhare  rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu  cyo mukarere !

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu cyo mukarere !

  • IMYIDAGADURO
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Ngoma :  Abafana ba APR FC  bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Ngoma : Abafana ba APR FC bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza  ubutaka budafite abo bwanditseho

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza ubutaka budafite abo bwanditseho

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara  yibaziye amatungo  yaturutse

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara yibaziye amatungo yaturutse

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye  Covid19  batoroka

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye Covid19 batoroka

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

    Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge   bikomeje  gukwirakwiza ubwandu

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge bikomeje gukwirakwiza ubwandu

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana  uruhare  rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu  cyo mukarere !

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu cyo mukarere !

  • IMYIDAGADURO
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Ngoma :  Abafana ba APR FC  bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Ngoma : Abafana ba APR FC bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza  ubutaka budafite abo bwanditseho

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza ubutaka budafite abo bwanditseho

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara  yibaziye amatungo  yaturutse

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara yibaziye amatungo yaturutse

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye  Covid19  batoroka

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye Covid19 batoroka

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

    Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Politiki

Ingabo z’u Rwanda nzikuriye ingofero, mbahaye indabo z’ishimwe mpereye kuri Perezida Kagame-Abdellaziz Selemani

kellyray na kellyray
January 7, 2021
mu Politiki
0
Ingabo z’u Rwanda nzikuriye ingofero, mbahaye indabo z’ishimwe mpereye kuri Perezida Kagame-Abdellaziz Selemani
0
ZASANGIJWE
16
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Perezida wa Centrafrique Faustin Archange Touadera yashimiye Leta y’u Rwanda ku bw’umusanzu ukomeye yahaye Igihugu cye, ashimangira ko yanyuzwe n’uburyo u Rwanda rutahwemye gufasha iki gihugu guhangana n’ibihe bikomeye byatewe n’intambara.

Nyuma yo gutora, Perezida Touadera yashimangiye ko amatora ari inkingi ya mwamba muri Demokarasi anahishura n’uburyo yanyuzwe n’uburyo u Rwanda rutahwemye gufasha iki gihugu guhangana n’ibihe bikomeye byatewe n’intambara y’abenegihugu.

Yagize ati: “Ndashimira mbikuye mutima Perezida Paul Kagame, Guverinoma y’u Rwanda n’abaturage b’u Rwanda ku musanzu wabo. Mu by’ukuri baradufashije mu mutekano w’uru rugendo rw’amatora, umutekano wafashije abaturage ba Centrafrique kujya mu matora ntacyo bikanga, rwose turabashimira. Kuva u Rwanda rwakohereza ingabo mu butumwa bwa Loni byafashije kubungabunga umutekano mu gihugu, rwose ndashima.’’

Bisanzwe bimenyerewe ko iyo abatuye Bangui babonye ingabo z’u Rwanda bahita barangururira icyarimwe ngo amakuru ubundi bagashyira ejuru abavuga izina rya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame. Bongeye kugaragaza akanyamuneza kabo aho bari ku biro by’itora aho bari bacungiwe umutekano n’ingabo na Polisi y’iki gihugu.

Abo baturage bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite bavuga ko bashishikajwe no kwishyiriraho inzego z’ubuyobozi zizagira uruhare mu kugarura amahoro bamaze imyaka banyotewe.

Agace ka PK 5 karazwi cyane muri Centrafrique kuko ari ko gakunze kuba imbarutso y’imvururu n’intugunda muri Bangui, Umurwa Mukuru.

Muri aka gace ,Ingabo z’u Rwanda zagenzuye umutekano ku munsi w’amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite ku wa 27 Ukuboza 2020.

Uretse muri PK 5, ingabo z’u Rwanda zaba iziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye n’izihariye ziherutse koherezwa muri iki gihugu binyuze mu masezerano y’ibihugu byombi, zari ziteguye guhangana n’icyo ari cyo cyose cyahungabanya amatora.

Imigendekere myiza y’amatora no kwizeza abasivile umutekano byari binashishikaje abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwa Loni.

Byari ibyishimo bikomeye ku baturage bitabiriye aya matora yabanjirijwe n’ibihuha byinshi n’icyoba cy’urugomo rw’inyeshyanba zari zarahiriye kuyaburizamo.

Mangawa Hamadu umuturage wo mu Murwa mukuru Bangui yagize ati “Murakoze cyane abantu bameze nk’Ingabo z’u Rwanda ni bo dukeneye. Kuba muri hano biraduhumuriza, ingabo z’u Rwanda zaraje tubona amahoro gusa njyewe ndifuza ko nsubira mu gace mvukamo kuko hano nahaje mpunze, ni byo ntegereje kuri Perezida uzatsinda amatora.”

Julienne Folinga we yagize ati: “U Rwanda rwaje kudutera ingabo mu bitugu binyuze muri MINUSCA , tubakomeye amashyi kuko Abanyarwanda batubaye hafi, turishimye ni yo mpamvu turi hano. Dore hariya ndabona ingabo za Loni, ndumva ntuje. Ni ukuvuga ngo dufite umutekano tukaba twaje kwitorera Perezida n’Abadepite”

Abdellaziz Selemani  we ashimira Perezida Kagame kuko yababaye hafi mu gihe bari bugarijwe n’inyeshyamba.

Ati “Ingabo z’u Rwanda nzikuriye ingofero, mbahaye indabo z’ishimwe mpereye kuri Perezida Kagame kuko mu gihe ibibazo byari bitubanye insobe yatubaye hafi. Ingabo z’u Rwanda turifuza ko zikomeza kudufasha kubona amahoro, turi abavandimwe tuzakomeza  gufatanya.”

Umusanzu w’u Rwanda mu kuburizamo icyahungabanya amatora wazirikanywe cyane na Perezida wa Centrafrika Faustin Archange Touadera,umwe mu bakandida 17 bemerewe guhatana muri aya matora mbere y’uko bamwe bakuramo kandidatire

Ingabo z’u Rwanda nzikuriye ingofero, mbahaye indabo z’ishimwe mpereye kuri Perezida Kagame-Abdellaziz Selemani

Inkuru Iheruka

Havuzwe byinshi ku mugore w’umuzungu wasezeranaga n’umugabo w’umwirabura amukurira inzira ku murima ko ibyo kuzamwubaha bitarimo

Inkuru Ikurikira

Gari ya moshi 10 zihuta kurusha izindi ku isi (AMAFOTO)

kellyray

kellyray

IzijyanyeInkuru

Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala
Imyidagaduro

Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

na Ubwanditsi
January 22, 2021
0

Chameleone yatsinzwe mu matora yari ahatanyemo ashaka kuyobora Umujyi wa Kampala. Chameleone ni umwe mu bahanzi bo muri Uganda bakoze...

Soma Birambuye
Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge   bikomeje  gukwirakwiza ubwandu

Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge bikomeje gukwirakwiza ubwandu

January 21, 2021
USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

January 21, 2021
Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

January 20, 2021
Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana  uruhare  rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

January 20, 2021
Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu  cyo mukarere !

Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu cyo mukarere !

January 18, 2021
Inkuru Ikurikira
Gari ya moshi 10 zihuta kurusha izindi ku isi (AMAFOTO)

Gari ya moshi 10 zihuta kurusha izindi ku isi (AMAFOTO)

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 79 Followers
  • 41.1k Followers
  • 22.9k Followers
  • 99 Subscribers
  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

January 14, 2021
Mukobwa menya ibintu  byerekana ko umuhungu mukundana atakubeshya

Mukobwa menya ibintu byerekana ko umuhungu mukundana atakubeshya

January 12, 2021
Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

January 11, 2021
Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

January 10, 2021
Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

0
COVID-19: Shampiyona y’umupira w’amaguru yahagaritswe, FERWAFA itegekwa gupimisha abakinnyi n’abatoza

COVID-19: Shampiyona y’umupira w’amaguru yahagaritswe, FERWAFA itegekwa gupimisha abakinnyi n’abatoza

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

January 23, 2021
Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

January 22, 2021
Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

January 22, 2021
Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

January 22, 2021

Recent News

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

January 23, 2021
Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

January 22, 2021
Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

January 22, 2021
Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

January 22, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Amakuru
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Kinyarwanda
  • English
  • Amamaza Hano
  • Tuvugishe

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist