• Kinyarwanda
  • English
Monday, March 1, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

    Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Perezida Kagame  yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

  • IMYIDAGADURO
    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Byinshi  ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Byinshi ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

    Bitunguranye  Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Bitunguranye Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

    Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Perezida Kagame  yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

  • IMYIDAGADURO
    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Byinshi  ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Byinshi ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

    Bitunguranye  Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Bitunguranye Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Amakuru

Impunzi z’Abarundi iziri mu Rwanda zirasabirwa inkunga

Ubwanditsi na Ubwanditsi
February 17, 2021
mu Amakuru, Ubuzima
0
Impunzi z’Abarundi iziri mu Rwanda zirasabirwa inkunga
0
ZASANGIJWE
38
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) rifatanyije n’imiryango y’abafatanyabikorwa 33, barimo gukusanywa miliyoni 222 z’amadolari y’Amerika (asaga miliyari 217 z’amafaranga y’u Rwanda) yo gufasha impunzi z’Abarundi zahungiye mu Rwanda, Uganda, Tanzania na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).

Ubuyobozi bwa UNHCR bwatangaje ko iyo nkunga irimo gukusanywa igamije gufasha impunzi z’Abarundi zisaga 315,000 zibarurwa muri ibyo bihugu muri uyu mwaka wa 2021.

Buvuga ko mu myaka igera kuri irindwi ishize, ibyo bihugu byagaragaje ubugiraneza bwihariye bwo kwakirana urugwiro izo mpunzi zahungaga umutekano muke warangwaga mu Burundi.

Mu gihe impinduka mu buyobozi bw’Igihugu zatanze icyizere ko abenshi mu bakiri impnzi bashobora kuzatahuka, umubare munini w’Abarundi uzakomeza gukenera kurindwa n’Umuryango Mpuzamahanga muri uyu mwaka wa 2021.

Gushakisha inkunga ijyanye no gutegura imibereho y’impunzi zitaratahuka, bikubiyemo kubategurira ibyo bashobora kuzarya umwaka wose, kubategurira amacumbi ndetse n’uburezi kimwe no kubafasha koroherwa no kugera kuri serivisi z’ubuvuzi, amazi meza nka bimwe mu by’ingenzi bikenewe byafasha no mu kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya COVID-19.

Clementine Nkweta-Salami, Umuyobozi muri UNHCR ukuriye Akarere k’Iburasirazuba, Ihembe ry’Afurika n’ak’Ibiyaga Bigari, yagize ati: “Kongera imfashanyo y’umuryango mpuzamahanga ni ingenzi mu guharanira ko impunzi z’Abarundi zikomeza kubona uburinzi busobanutse kandi ko zitaweho neza mu bihugu by’abaturanyi. Kwiyemeza gutanga ubwo bufasha ni ikimenyetso gikomeye cy’uburyo Isi itigeze yibagirwa impunzi z’Abarundi n’ibihugu byemeye kubacumbikira.”

Gahunda yo gushakira imfashanyo izo mpunzi, ikomeje kujyana n’iyo gufasha abifuza gutahuka ku bushake kugerayo amahoro no gusubira mu buzima busanzwe nta mananiza, cyane ko bakurikiranwa n’iyo bageze mu miryango yabo kugira ngo hasuzumwe uko babasha kwisanga no gufatanya n’abandi kubaka Igihugu cyabo.

Mu mwaka wa 2020, ubusabe bwo gufasha impunzi z’Abarundi bwari mu mishinga y’imbere itaratewe inkunga ku buryo budahagije. Mu gihe hari hakenewe miliyoni 293 z’amadolari y’Amerika (asaga miliyari 290 z’amafaranga y’u Rwanda) habonetse 40% byayo gusa.

Ibyo ngo byateye ingaruka zigaragara ku mibereho y’impunzi ndetse n’imiryango ituranye n’inkambi bacumbitsemo. Muri izo ngaruka harimo kugabanya ingano y’ibiribwa bahabwaga, kuba hari abagituye mu macumbi mabi cyane, kutabonera imiti ku gihe ndetse no kuba mpunzi zarabuze amahirwe yo kugera ku mirimo ibabyarira inyugu.

Inkuru Iheruka

Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

Inkuru Ikurikira

Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

Ubwanditsi

Ubwanditsi

IzijyanyeInkuru

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.
Ubuzima

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

na Ubwanditsi
February 28, 2021
0

Iri sanganya ryabaye mu ntangiriro z’iki cyumweru mu majyepfo y’u Buhinde aho uyu mugabo utatangajwe amazina ye, yishwe n’isake yiyororeye...

Soma Birambuye
Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

February 28, 2021
Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

February 27, 2021
Rwanda : Hagiye kwifashishwa   mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

Rwanda : Hagiye kwifashishwa mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

February 27, 2021
Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

February 26, 2021
Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

February 25, 2021
Inkuru Ikurikira
Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Ntibisanzwe i Rusizi: Umwana yakatiwe igifungo cy’imyaka 15  azira kwica abagore

Ntibisanzwe i Rusizi: Umwana yakatiwe igifungo cy’imyaka 15 azira kwica abagore

February 15, 2021
Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

February 17, 2021
RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

January 14, 2021
Gatsibo : Umunyeshuri yasohowe mu ‘ishuli biteza imyigaragabyo  hangirika byinshi

Gatsibo : Umunyeshuri yasohowe mu ‘ishuli biteza imyigaragabyo hangirika byinshi

February 9, 2021
Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

1
Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

February 28, 2021
Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

February 28, 2021
Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

February 27, 2021

Recent News

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

February 28, 2021
Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

February 28, 2021
Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

February 27, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Amakuru
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • POLITIKI
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist