• Kinyarwanda
  • English
Tuesday, April 20, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

  • IMYIDAGADURO
    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Ingabire  yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Ingabire yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Huye: Abaturage  bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    Huye: Abaturage bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Tariki 8 Mata 1994:                                Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

    Tariki 8 Mata 1994: Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Abanyarwanda ntibagirira icyizere amakuru y’Iteganyagihe

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Intambwe imaze guterwa icyeneye gushorwaho imari- Perezida Kagame

    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

    U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

  • IMYIDAGADURO
    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Ingabire  yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Ingabire yegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2021

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Umunyamakuru wa RBA Gerard Mbabazi yasezeranye n’umukunzi we

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

    Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Impuguke ziravuga ko ubwiyongere bukabije bw’abaturage bushobora kuba inzitizi ku iterambere

    Huye: Abaturage  bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    Huye: Abaturage bubatse ubwiherero bw’ishuri baratabaza nyuma yo kumara imyaka myinshi batishyurwa

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    USA: Televiziyo yerekanye ibiranga umuco n’amateka y’u Rwanda [ Amafoto]

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Hagiye gushyirwaho ibipimo bishya by’umusoro k’ubutaka

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

    France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Muhanga: Bamwe mu bacyekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo bacakiwe

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

    Tariki 8 Mata 1994:                                Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

    Tariki 8 Mata 1994: Colonel Nsengiyumva na Lt Colonel Nzungize bakomereje ubwicanyi muri Kaminuza y’Abadiventisti

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Nyamukuru

Igerageza ry’umuti mushya ukoresha proteyine ryabaye indi ntambwe itanga ikizere ku gukiza COVID-19 ku kigero cyo hejuru

kellyray na kellyray
January 2, 2021
mu Nyamukuru
0
Igerageza ry'umuti mushya ukoresha proteyine ryabaye indi ntambwe itanga ikizere ku gukiza COVID-19 ku kigero cyo hejuru
0
ZASANGIJWE
9
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Igerageza ry’ibanze rirerekana ko umuti mushya wa Covid-19 ugabanya cyane abarwayi barembye bakeneye kuvurwa byihariye nk’uko kompanyi yo mu Bowngereza yawukoze ibivuga.

Uyu muti w’uruganda rwitwa Biotech Synairgen ruri i Southampton mu majyepfo y’Ubwongereza, ukoresha proteyine yitwa ‘interferon beta’ ubusanzwe ikorwa n’umubiri iyo utewe na virus.

Iyo proteyine igera mu bihaha hakoreshejwe igikoresho (nebuliser) gifasha umuntu guhumeka, byizewe ko ifasha umubiri kongera ubwirinzi.

Ibyagezweho by’ibanze birerekana ko uyu muti ugabanya abarwayi ba Covid-19 barembye nk’abakeneye ibyuma byongera umwuka (ventilators) ku kigero cya 79%.

Ikigo cyawukoze kivuga ko mu igerageza, abarwayi babiri kuri batatu bashoboraga gukira buri munsi. Kivuga kandi ko habaye “igabanuka rikomeye” ku guhumeka nabi kw’abarwayi bahawe uyu muti.

Ikigereranyo cy’igihe abarwayi bamara mu bitaro nacyo cyagabanutseho 1/3 ku bahawe uyu muti, kiva ku minsi icyenda kigera kuri itandatu.

Ubu bushakashatsi bwakozwe ku barwayi 101 bari barwaye Covid-19 bari mu bitaro icyenda byo mu Bwongereza. Kimwe cya kabiri cyabo bahawe uyu muti, ikindi gice cyabo gihabwa ikizwi nka placebo uyu muti ariko udakora.

Itangazwa ry’ibyavuye mu bushakashatsi

Amakuru arambuye neza y’ibyavuyemo ntaratangazwa n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima. Gusa niba uyu muti ukora nk’uko iyi kompanyi ibivuga, bizaba ari intambwe ikomeye mu kuvura icyorezo cya coronavirus.

Umushakashatsi ushinzwe igerageza, Tom Wilkinson, avuga ko ibi byavuye mu igeragezwa nibyemezwa mu buryo bwa nyabwo, uyu muti “uzahindura ibintu”. Muri rusange, iri gerageza ryari rito ariko ibyarivuyemo mu gukiza abarwayi “birakomeye bidasanzwe” nk’uko Wilkinson abivuga.

Ikigiye gukurikiraho

Mu minsi micye iki kigo kizamurika ibyo cyagezeho ku bagenzura iby’imiti ku isi kugira ngo barebe niba hari ibindi babasaba ngo bemeze uyu muti.

Ibyo bishobora gufata amezi, nubwo Leta y’Ubwongereza, kimwe n’izindi nyinshi, yavuze ko izakora ibishoboka kugira ngo imiti ya coronavirus ijye yemezwa vuba.

Birashoboka ko uyu nawo ushobora kwemezwa vuba na bwangu, nk’uko hemejwe umuti wa remdesivir mu kwezi kwa gatanu. Ikindi gishoboka ni ukwemeza ko uyu muti uhabwa abarwayi benshi mu gihe abahanga bakomeza kugenzura niba uvura koko.

Igihe wakwemezwa, wo n’ibi bikoresho (nebulisers) byifashishwa mu kuwugeza mu bihaha, byahita bikorwa ku bwinshi.

Uyu muti ugezwa mu bihaha hakoreshejwe ibi bikoresho

Uko umuti wageragejwe

Nta muntu wo mu bakoze igerageza wamenye neza abantu bahawe uyu muti kugeza rirangiye.

Sandy Aitken, umuforomokazi wo ku bitaro bya Southampton, wahaye abarwayi uyu muti avuga ko “iyo uzi ko ari umuti, ubwenge bwawe bushobora kwibaza ibindi”.

Ikigo Synairgen kivuga ko uyu muti watangiye gukorwa mu kwezi kwa kane. Iki kigo kivuga kandi ko uyu muti ushobora no gukora kurushaho ku bantu bacyandura iyi virus.

Igerageza ry'umuti mushya ukoresha proteyine ryabaye indi ntambwe itanga ikizere ku gukiza COVID-19 ku kigero cyo hejuru

Inkuru Iheruka

Impuguke Dr. David Mwesigye avuga ko umugore ari byiza kubyara mbere y’imyaka 35 y’amavuko

Inkuru Ikurikira

Ubushinwa bwatanze impuruza ko muri Kazakhstan hari ikindi cyorezo cy’ibicurane biri kwica kurusha COVID-19

kellyray

kellyray

IzijyanyeInkuru

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
Nyamukuru

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha yashimiye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

na Ubwanditsi
April 16, 2021
0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Mata 2021, ahagana saa moya n’iminota ine (19:04) ni bwo Munyenyezi  Béatrice...

Soma Birambuye
Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

Perezida wa Centrafrique yambitse ingabo z’u Rwanda umudari w’ishimwe [ Reba Amafoto]

April 16, 2021
Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse  barasaba Koroherezwa

Rwanda- Congo: Abaturage bakora ubucuruzi buciriritse barasaba Koroherezwa

April 16, 2021
France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba  basabye ko  Hategekimana agezwa mu rukiko

France : Abashinjacyaha barwanya iterabwoba basabye ko Hategekimana agezwa mu rukiko

April 16, 2021
Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta  yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

Abarokotse Jenoside bavuga ko Leta yagaruye agaciro umwana yakagombye kuba afite

April 16, 2021
U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

U Rwanda rwishimiye kwakira abapolisi bamaze umwaka muri MINUSCA

April 16, 2021
Inkuru Ikurikira
Ubushinwa bwatanze impuruza ko muri Kazakhstan hari ikindi cyorezo cy'ibicurane biri kwica kurusha COVID-19

Ubushinwa bwatanze impuruza ko muri Kazakhstan hari ikindi cyorezo cy'ibicurane biri kwica kurusha COVID-19

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Ubushinjacyaha busanga kuba Rusesabagina yarasabye  imbabazi akwiye kuryozwa icyaha cy’ubwicanyi

Ubushinjacyaha busanga kuba Rusesabagina yarasabye imbabazi akwiye kuryozwa icyaha cy’ubwicanyi

April 1, 2021
Real Madrid umweyo uhereye ku bihangange Ramos na Hazard harifuzwa Haaland na Mbappe

Real Madrid umweyo uhereye ku bihangange Ramos na Hazard harifuzwa Haaland na Mbappe

March 28, 2021
Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

Rusizi: Hafashwe abantu bakoresha imbunda bakica abantu

April 11, 2021
Iran: Amahame y’idini yatumye Television ihagarika inshuro zirenga ijana umukino wa Manchester na Tottenham

Iran: Amahame y’idini yatumye Television ihagarika inshuro zirenga ijana umukino wa Manchester na Tottenham

April 15, 2021
Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

1
Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

April 19, 2021
Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

April 18, 2021
FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

April 18, 2021
Bwa mbere mu mateka abanyamerika babiri bageze muri 1/2 cya champions League

Bwa mbere mu mateka abanyamerika babiri bageze muri 1/2 cya champions League

April 17, 2021

Recent News

Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

Tottenham yiyongereye mu makipe Jose Mourinho yasaruyemo agatubutse bitewe no kumwirukana

April 19, 2021
Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

Frankie de Jong yongeye kwemeza umukunzi we ku isabukuru y’amavuko (Amafoto)

April 18, 2021
FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

FC Barcelona yongeye gusezeranya abafana bayo ko ibyiza biri imbere

April 18, 2021
Bwa mbere mu mateka abanyamerika babiri bageze muri 1/2 cya champions League

Bwa mbere mu mateka abanyamerika babiri bageze muri 1/2 cya champions League

April 17, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Inkuru zamamaza
  • Nyamukuru
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Uburezi
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Udushya
  • Urukundo
  • POLITIKI
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist