• Kinyarwanda
  • English
Saturday, February 27, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Perezida Kagame  yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

  • IMYIDAGADURO
    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Byinshi  ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Byinshi ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

    Bitunguranye  Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Bitunguranye Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Perezida Kagame  yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

  • IMYIDAGADURO
    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Byinshi  ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Byinshi ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

    Bitunguranye  Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Bitunguranye Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Amakuru

Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

Ubwanditsi na Ubwanditsi
February 4, 2021
mu Amakuru, Politiki, Ubukungu
0
Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame
0
ZASANGIJWE
13
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yanenze bimwe mu bihugu birimo n’ibyateye imbere bigerageza kugerageza gufatira imyanzuro no guha icyerekezo Abanyafurika, aho kubabona nk’abafatanyabikorwa na bo bafite icyerekezo cy’ibyo bifuza kandi bibabereye bifuza kugeraho.

Perezida Kagame yagarutse kuri iyo ngingo mu kiganiro yagiranye na Herbert Raymond McMaster ku wa Gatatu tariki ya 3 Mutarama 2021, cyibanze ku nsanganyamatsiko igira iti: “U Rwanda n’Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika: Icyizere cyo kongera ubufatanye bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’Afurika.”

HR. McMaster ni Umuyobozi mu Kigo ‘Hoover Institution’ cya Kaminuza ya Stanford gikora ubushakastatsi ku ntambara, impinduramatwara n’amahoro, akaba yaranabaye umujyanama wa 26 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) mu by’umutekano hagati ya 2017 na 2018.

Ni umusirikare uri mu kiruhuko cy’izabukuru ufite ipeti rya Lieutenant General mu ngabo za USA, akaba yaragize uruhare mu ntambara zo muri Iraq, ibikorwa byo kurwanya iterabwoba mpuzamahanga n’izindi.

Muri icyo kiganiro cyiswe “Battlegrounds”, yabajije Perezida Kagame ibibazo byibanze ahanini ku buryo bwafasha Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuba umufatanyabikorwa mwiza w’u Rwanda n’Afurika.

Perezida Kagame yavuze ko kugira ngo Amerika ibe umufatanyabikorwa mwiza w’u Rwanda n’Afurika, igomba kubanza guha gaciro inyungu yabona muri ubwo bufatanye.

Yagize ati: “Mbere na mbere Afurika ni wo mugabane wihuta cyane mu iterambere ku Isi, uhereye ku bwiyongere bw’abawutuye ndetse n’ubukungu ifite. Bityo Afurika ituwe n’abantu miliyari 1.2, ntekereza ko umuntu abirebye mu buryo bwagutse ashobora kubona kwihuza n’Afurika n’Amerika ari inyungu kuri bo. Amerika n’Afurika bikoranye byakungura impande zombi, kurusha uko Amerika yaba ikorana na buri gihugu ukwacyo cyangwa se ikabyirengagiza byose.”

Perezida Kagame yavuze ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ari igihugu kinini kandi gikomeye, gifite ubutunzi bwinshi, ikoranabuhanga n’ibindi byose bikenewe mu iterambere, ariko ugasanga cyirengagiza ibihugu bito n’ibiciriritse nyamara bifite ipfundo ryo gushyigikira ubuhangange bwayo.

Yakomeje agira ati: “Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi barimo n’ibihugu bito kugira ngo bafatanye mu kwagura iterambere no kubona ijambo bifuza kugira. Ibyo ni byo bisubiza inyuma ibihugu by’ibihangange bihanganiye kuyobora Isi. Afurika cyangwa buri gihugu cy’Afurika byatanga umusaruro mu gihe Amerika yiyemeje gukorana neza n’Afurika.”

Perezida Kagame yagaragaje ko ingorane zikiri mu mikoranire y’ibihugu by’ibihangange n’Afurikazishamikiye ku kuba bishaka kugena imikorere y’Afurika aho kuyibona nk’umugabane ufite inyungu nyinshi zabifasha gukomeza kubaka ubuhangange bwabyo.

Yagize ati: “Usanga bafite imitekerereze ivuga ko Afurika ititaye ku burenganzira bwa muntu, kuri demokarasi, ku bwisanzure, bityo bagomba kuza kubidukorera. Twe rero turavuga tuti oya. Nta muntu n’umwe wifuza kubaho uko abitegetswe n’undi muntu. Icyo nibwira ni uko twese turi ibiremwa muntu, abizera Imana n’igikorwa cyo kurema bazi neza ko twese turi ibiremwamuntu. Sinshobora kwemerera uwo ari we wese kumanura indangagaciro zanjye kuri urwo rwego, kunyumvisha ko bashaka kunyerekera uko nazishyira mu bikorwa cyangwa uko nafasha abaturage banjye. Oya ntibishoboka…”

Imyitwarire ya USA ku Rwanda, ituma bigorana guteganya imikoranire irambye

Perezida Kagame yatanze ingero z’uburyo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zagiye zifata ibyemezo bishimangira ko iimyumvire yo guhitiramo u Rwanda ibyo rukwiye gukora n’ibyo rudakwiye gukora.

Yagarutse ku rugero rw’uburyo u rwakuwe  mu masezerano y’ubucuruzi  ahuza Amerika n’ibindi bihugu by’Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara (African Growth and Opportunity Act/AGOA).

Kagame ati: “Igihe u Rwanda rwashakaga kubaka no guteza imbere inganda zikora imyenda, bigatuma hagabanywa itumizwa ry’imyambaro ya caguwa, bamwe mu babonaga inyungu mu kuturanguza iyo caguwa muri Amerika, bagiye mu matwi y’inzego zifata icyemezo cyo guhagarika u Rwanda muri ayo masezerano. Twagiye mu bihano kubera gusa twashakaga guteza imbere ubukungu bwacu…”

Yakomeje atanga urundi rugero rw’uburyo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika iri mu bihugu bibiri ku Isi byatsimbaraye ku mwanzuro wo kudakoresha amagambo “Jenoside yakorewe Abatutsi” nyuma yo kwemezwa n’Umuryango w’Abibumye.

Ati: “Ntabwo twigeze twumva impamvu batsimbaraye kubera ko byatumye ahubwo duterana amagambo, tuvuga tuti niba muvuga Jenoside yakorewe Abayahudi bivuze ko muba mutavuga buri wese wapfuye muri icyo gihe ubwo Abayahudi bicwaga bahorwa uko bavutse. Ariko ku mpamvu batigeze banadusobanurira, bahisemo kuvuga bati “oya hari abandi bapfuye…”, twabiganiriyeho ariko USA ikomeza kwinangira. Ibaze uburyo USA nk’Igihugu gikomeye ikomeza gutsimbarara ku kintu cyamaze gufatwaho umwanzuro mu Muryango w’Abibumbye, ntidushobora kwiyumvisha umuntu ubiri inyumma cyangwa se ubifitemo inyungu.”

Perezida Kagame yavuze ko ibyo bituma havuka ikirere kidasobanutse cy’urwikekwe, bigatuma u Rwanda rugorwa no guteganya igishobora gukurikiraho mu bijyanye no gutsura umubano w’ibihugu byombi.

Yagarutse ku kibazo cy’ibihugu byateye imbere bitabona ko u Rwanda n’Afurika bifite bikeneye uburenganzira ku busugire bwabyo, bityo ugasanga buri wese aho ari ku rundi ruhande rw’Isi ashaka kubifatira icyemezo.

Yakomeje agira ati: “Icyaba byiza kurushaho ni ukureka Afurika n’u Rwanda bikaba abafatanyabikorwa n’ibihugu bikomeye, noneho tugafata umwanzuro ku cyo twebwe ubwacu twifuza mu cyerekezo twahisemo… Amerika ifite ibisabwa byose, natwe abafatanyabikorwa turahari dutegereje gukorana yo mu guharanira ibitwungura twese. Amerika yakungukira mu kubona abafatanyabikorwa bashoboye kandi batanga umusaruro, atari abazahora bayisaba ngo ibahe ibibatunga.”

Perezida Kagame yanakomoje ku buryo Isi ihuje amahirwe n’ibyago; n;uburyo COVID-19 yasize isomo rikomeye rikwiye gusiga ibihugu byose byize gukorera hamwe, kwirinda kugira n’umwe usigara inyuma mu guhangana n’ingorane zirimo ibyorezo, ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe no guharanira iterambere.

Inkuru Iheruka

Kuva Gahunda ya Guma Mu Rugo yatangira gushyirwa mu bikorwa yagaragaje impinduka

Inkuru Ikurikira

Gasabo – Gisozi : Abantu benshi bafatiwe mu cyumba cy’amasengesho

Ubwanditsi

Ubwanditsi

IzijyanyeInkuru

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga
Amakuru

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

na Ubwanditsi
February 27, 2021
0

Ntivuguruzwa Deogratias w’Imyaka 39 y’amavuko afungiye kuri station ya RIB ya Mugina, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana yigishaga. Ntivuguruzwa wigishaga...

Soma Birambuye
Rwanda : Hagiye kwifashishwa   mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

Rwanda : Hagiye kwifashishwa mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

February 27, 2021
Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

February 26, 2021
Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

February 25, 2021
Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

February 25, 2021
Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

Umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi yahaye abageni babyifuza uruhushya rudasanzwe

February 23, 2021
Inkuru Ikurikira
Gasabo – Gisozi  : Abantu benshi bafatiwe mu cyumba cy’amasengesho

Gasabo - Gisozi : Abantu benshi bafatiwe mu cyumba cy'amasengesho

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Ntibisanzwe i Rusizi: Umwana yakatiwe igifungo cy’imyaka 15  azira kwica abagore

Ntibisanzwe i Rusizi: Umwana yakatiwe igifungo cy’imyaka 15 azira kwica abagore

February 15, 2021
Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

February 17, 2021
RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

January 14, 2021
Gatsibo : Umunyeshuri yasohowe mu ‘ishuli biteza imyigaragabyo  hangirika byinshi

Gatsibo : Umunyeshuri yasohowe mu ‘ishuli biteza imyigaragabyo hangirika byinshi

February 9, 2021
Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

1
Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

February 27, 2021
Rwanda : Hagiye kwifashishwa   mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

Rwanda : Hagiye kwifashishwa mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

February 27, 2021
Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

February 26, 2021

Recent News

Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

February 27, 2021
Rwanda : Hagiye kwifashishwa   mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

Rwanda : Hagiye kwifashishwa mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

February 27, 2021
Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

February 26, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Amakuru
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • POLITIKI
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist