• Kinyarwanda
  • English
  • Amamaza Hano
  • Tuvugishe
Saturday, January 23, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge   bikomeje  gukwirakwiza ubwandu

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge bikomeje gukwirakwiza ubwandu

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana  uruhare  rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu  cyo mukarere !

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu cyo mukarere !

  • IMYIDAGADURO
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Ngoma :  Abafana ba APR FC  bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Ngoma : Abafana ba APR FC bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza  ubutaka budafite abo bwanditseho

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza ubutaka budafite abo bwanditseho

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara  yibaziye amatungo  yaturutse

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara yibaziye amatungo yaturutse

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye  Covid19  batoroka

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye Covid19 batoroka

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

    Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge   bikomeje  gukwirakwiza ubwandu

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge bikomeje gukwirakwiza ubwandu

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana  uruhare  rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu  cyo mukarere !

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu cyo mukarere !

  • IMYIDAGADURO
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Ngoma :  Abafana ba APR FC  bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Ngoma : Abafana ba APR FC bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza  ubutaka budafite abo bwanditseho

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza ubutaka budafite abo bwanditseho

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara  yibaziye amatungo  yaturutse

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara yibaziye amatungo yaturutse

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye  Covid19  batoroka

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye Covid19 batoroka

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

    Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Ikoranabuhanga

Gari ya moshi 10 zihuta kurusha izindi ku isi (AMAFOTO)

kellyray na kellyray
January 2, 2021
mu Ikoranabuhanga
0
Gari ya moshi 10 zihuta kurusha izindi ku isi (AMAFOTO)
0
ZASANGIJWE
12
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Birumvikana ko nubwo gari ya moshi yihuta idashobora kuguruka hejuru y’inyanja nk’ indege. Ariko ibyo ntibisobanura ko nayo idakoresha umuvuduko wo hejuru utatinya kugereranya n’uw’ indege. Muri iki kinyejana aho tekinologi igenda ihindura ibintu hari gari ya moshi zakozwe zihabwa ubushobozi bwo kunyaruka ku muvuduko nk’uw’indege.

Kuri uru rutonde turakugezaho ubwoko bwa gari ya moshi icumi zihuta kurusha izindi ku isi.

10. THSR 700T (Tayiwani)

THSR 700T ubu bwoko bwa gare ya moshi ni iyo mu gihugu cya Tayiwani. Yatangiye ingendo zayo ku ya 5 Mutarama 2007 hagati y’Umujyi wa Taipei na Kaohsiung. Iri Ku muvuduko wo hejuru wa 186.4 mph (urugero bapimamo umuvuduko wa gari ya moshi), THSR 700T yishimirwa na beshi bitewe n’umuvuduko wayo igabanya igihe cy’urugendo hagati y’iyi mijyi kuva amasaha ane n’igice kugeza ku minota 90 gusa.

Iyi Gari ya moshi 700T yukorewe mu Buyapani n’urugaga rw’amasosiyete atatu akomeye mubyo gukora gari ya moshi, Nippon Sharyo, na Hitachi. 

ETR 500 Frecciarossa ni serivisi ya gari ya moshi yihuta mu Butaliyani, ikorwa na sosiyete ya Trenitalia. Gari ya moshi ya Frecciarossa ifite umuvuduko ntarengwa wa 186.4 mph. Iyi serivisi ikora hagati yinzira ya Milan-Rome-Naples.

Gari ya moshi ya Frecciarossa ni verisiyo igezweho ya ETR 500 yo mu Butaliyani yihuta, yubatswe na consortium ya AnsaldoBreda, Bombardier, hamwe n’amasosiyete akora inganda za Alstom.

8. SNCF TGV Duplex (Ubufaransa)

TGV duplex ni serivisi ya gari ya moshi yihuta mu Bufaransa. Iyi gari ya moshi irakomeye ishobora kugenda ku muvuduko wa 198.8 mph.TGV duplex yatangiye serivisi mu Kuboza 2011.

Ni gare ya moshi yihuta ku kigero cyo hejuru ihuza imigi minini yose yo mu Bufaransa. Ni imwe muri gari ya moshi nziza z’i Burayi zifite ubushobozi bwo kwicaza abantu bagera kuri 508. Sosiyete ikora Alstom niyo yubatse iyi gari ya moshi ya TGV. Bakoresheje aluminiyumu kugirango bagabanye ibiro byayo. 

7. Alstom Euroduplex (Ubufaransa)

Gari ya moshi ya Euroduplex ni uruhererekane rwa gatatu rwa TGV duplex yihuta, ifite umuvuduko kugeza kuri 198.8 mph, yatangiye serivisi mu Kuboza 2011. Itwara abagenzi barenga 1020 icyarimwe.

6. E5 Serie Shinkansen (Ubuyapani)

E5 serie Shinkansen ni gari ya moshi yihuta mu Buyapani muri iki gihe. Iyi gari ya moshi yatangiye ku ya 5 Werurwe 2011 kandi ikorwa na sosiyete ya gari ya moshi y’Uburasirazuba bw’Ubuyapani. Gari ya moshi ya E5 ikora hagati ya Tokiyo na Aomori. Ku muvuduko wo hejuru wa 198.8 mph, ifite ubushobozi bwo gutwara imodoka icumi no kwicaza abantu bagera kuri 731.

5. Talgo 350 (Espanye)

Espagne Talgo 350 ni gari ya moshi yihuta ikoreshwa na Leta. Iyi gari ya moshi inyaruka ku rwego rwo hejuru kugera ku muvuduko ntarengwa wa 217.4 mph. Talgo 350 ikora ingendo hagati y’imijyi ya Madrid na Barcelona.

4. Siemens Velaro E / AVS 103 (Espanye)

Velaro E ni verisiyo yo muri Espagne ya gari ya moshi yihuta cyane yakozwe na sosiyete y’ubwubatsi yo mu Budage Siemens, ikora ingendo zayo hagati ya Barcelona na Madrid. Velaro E ifite umuvuduko wo hejuru wa 250.84 mph. ikaba yaratangiye gukora ingendo mu 2001. 

3. AGV Italo (Ubutaliyani)

AVG Italo ni gari ya moshi yihuta cyane mu Burayi, ifite umuvuduko wa 223,6 mph. Ariko mu gihe cyo kuyipima bwa mbere, muri 2007, yashyizweho umuvuduko wa 356,6 mph. sosiyete ikorera mu Bufaransa Alstom niyo yubatse iyi gari ya moshi mu mwaka wa 2008, kuri miliyoni 650 z’amadolari ya Amerika.

2. Harmony CRH 380A (Ubushinwa)

Gari ya moshi y’Ubushinwa Harmony CRH 380A ni serivisi ya kabiri ku isi ikora cyane kandi yihuta. ikora cyane muri serivisi z’ubucuruzi, ifite umuvuduko wa 236.12 mph. Ariko ikaba yarahawe umuvuduko wa 258.58 mph ntarengwa ikora ingendo zo hagati y’imijyi ya Shangai na Nanjing.

CRH 380A ifite uburemere buke kuko ikozwe muri Aluminium ifite umutwe ukoze nk’uw’ifi ni gari ya Moshi ifite umuvuduko bagereranya nk’uw’indege mu kirere.

1. Shanghai Maglev (Ubushinwa)

 

Shanghai Maglev ni gari ya moshi yihuta ku isi ifite umuvuduko ntarengwa wa 267.8 mph. Iyi serivisi ikorwa na Shanghai Maglev Transport Development Co Shanghai Maglev ikorera ku murongo wa Shanghai.

Bitandukanye na gari ya moshi zisanzwe, Shanghai Maglev nta ruziga ifite, sosiyete ya Siemens na ThyssenKrupp niyo yubatse Maglev ya Shanghai, ikaba yatangiye ingendo ayo ku ya 1 Mutarama 2004. Ikora hagati y’umuhanda Long Yang n’ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Pudong.

src:wikipedia

 

Gari ya moshi 10 zihuta kurusha izindi ku isi (AMAFOTO)

Inkuru Iheruka

Ingabo z’u Rwanda nzikuriye ingofero, mbahaye indabo z’ishimwe mpereye kuri Perezida Kagame-Abdellaziz Selemani

Inkuru Ikurikira

Eden Hazard yatsinze igitego nyuma y’umwaka urenga atagiherutse, Real iyobora La Liga by’agateganyo

kellyray

kellyray

IzijyanyeInkuru

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane
Amakuru

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

na Ubwanditsi
January 23, 2021
0

Impuguke mu burezi zisanga ababyeyi bakwiye kurushaho kwegera cyane abana babo mu gihe kuri ubu basabwa kubafasha mu masomo yabo...

Soma Birambuye
Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

January 16, 2021
Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

January 7, 2021
Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

January 7, 2021
COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

January 7, 2021
Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

January 2, 2021
Inkuru Ikurikira
Eden Hazard yatsinze igitego nyuma y'umwaka urenga atagiherutse, Real iyobora La Liga by'agateganyo

Eden Hazard yatsinze igitego nyuma y'umwaka urenga atagiherutse, Real iyobora La Liga by'agateganyo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 79 Followers
  • 41.1k Followers
  • 22.9k Followers
  • 99 Subscribers
  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

January 14, 2021
Mukobwa menya ibintu  byerekana ko umuhungu mukundana atakubeshya

Mukobwa menya ibintu byerekana ko umuhungu mukundana atakubeshya

January 12, 2021
Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

January 11, 2021
Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

January 10, 2021
Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

0
COVID-19: Shampiyona y’umupira w’amaguru yahagaritswe, FERWAFA itegekwa gupimisha abakinnyi n’abatoza

COVID-19: Shampiyona y’umupira w’amaguru yahagaritswe, FERWAFA itegekwa gupimisha abakinnyi n’abatoza

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

January 23, 2021
Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

January 22, 2021
Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

January 22, 2021
Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

January 22, 2021

Recent News

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

January 23, 2021
Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

January 22, 2021
Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

January 22, 2021
Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

January 22, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Amakuru
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Kinyarwanda
  • English
  • Amamaza Hano
  • Tuvugishe

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist