• Kinyarwanda
  • English
  • Amamaza Hano
  • Tuvugishe
Saturday, January 23, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge   bikomeje  gukwirakwiza ubwandu

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge bikomeje gukwirakwiza ubwandu

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana  uruhare  rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu  cyo mukarere !

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu cyo mukarere !

  • IMYIDAGADURO
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Ngoma :  Abafana ba APR FC  bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Ngoma : Abafana ba APR FC bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza  ubutaka budafite abo bwanditseho

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza ubutaka budafite abo bwanditseho

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara  yibaziye amatungo  yaturutse

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara yibaziye amatungo yaturutse

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye  Covid19  batoroka

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye Covid19 batoroka

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

    Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Minisiteri y’Uburezi ivuga ko gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana yafashije abanyeshuri gutsinda neza ibizamini bya leta

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Icyemezo cy’uko wakatiwe cyangwa utakatiwe n’Inkiko bita “Extrait du casier Judiciaire” cyatangiye gutangwa hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    Airtel Rwanda yakuyeho ikiguzi cya internet ku banyeshuri bari kwigira mu rugo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    COVID-19: Tuniziya Robot ziri kwifashishwa mu guhangana n’abasohoka mu ngo zabo.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Ikoranabuhanga rihambaye ku isonga imwe mu ntwaro Ubushinwa bwakoresheje mu guhangana na Coronavirus.

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge   bikomeje  gukwirakwiza ubwandu

    Rwanda : Kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge bikomeje gukwirakwiza ubwandu

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    USA: Nzaba Perezida wa bose nzakorera abantoye n’abatarantoye – Joe Biden

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Prof. Shyaka arasaba abatuye mu Mujyi wa Kigali kudatinya inzara

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana  uruhare  rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Hagaragaye ibimenyetso bishya byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu  cyo mukarere !

    Perezida Museveni yongeye kwikoma igihugu cyo mukarere !

  • IMYIDAGADURO
    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Chameleone yatsinzwe mu matora yobora Umujyi wa Kampala

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa mugenzi we wa DRC

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Lady Gaga na Jennifer Lopez ni bo bazaririmba mu muhango wo kurahira kwa Joe Biden

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Ngoma :  Abafana ba APR FC  bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Ngoma : Abafana ba APR FC bakomeje gukora ibikorwa by’ubugiraneza

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

    Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Ifungwa ry’Imipaka y’Uburundi Ryagize Ingaruka muri Kongo

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza  ubutaka budafite abo bwanditseho

    Leta y’U Rwanda yamaze kwisubiza ubutaka budafite abo bwanditseho

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara  yibaziye amatungo  yaturutse

    IBURASIRAZUBA : Ntiharamenyekana aho indwara yibaziye amatungo yaturutse

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Uganda: Umuhanzi Bobi Wine Kyagulanyi yamaze kwiyita Perezida

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye  Covid19  batoroka

    Rulindo : Abaturage batewe impungenge n’ikibazo cya banduye Covid19 batoroka

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    MINUSCA yamaganye yivuye inyuma ibitero byagabwe n’imitwe yitwaje intwaro bigahita umusirikare w’U Rwanda

    Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

    Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Amakuru

COVID-19 : Abantu ibihumbi 46, 947 bafashwe batambaye agapfukamunwa

Ubwanditsi na Ubwanditsi
January 10, 2021
mu Amakuru, Ubuzima
0
COVID-19 : Abantu  ibihumbi 46, 947 bafashwe batambaye agapfukamunwa
0
ZASANGIJWE
21
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Raporo ya Polisi y’u Rwanda yagereranyije iyubahirizwa ry’amabwiriza ishingiye ku bikorwa byabaye hagati ya tariki ya 29 Ukuboza 2020  na tariki ya 4 Mutarama 2021 ndetse n’ibikorwa byabaye hagati ya tariki ya 5 n’iya 8 Mutarama 2021.

Abantu  ibihumbi 48,263 nibo bagaragaye mu cyumweru cya mbere mu gihe abantu ibihumbi 24,026 bagaragaye hagati ya tariki ya 5 n’iya 8 Mutarama. Mu cyumweru cyaganaga tariki ya 4 Mutarama 2021 abantu  ibihumbi 46, 947 bafashwe batambaye agapfukamunwa ndetse batubahirije intera hagati y’umuntu n’undi. Ni mugihe hagati ya tariki ya 5 n’iya 8 bari ibihumbi 23,647.

Imodoka 616, Moto 415 n’amagare 285 byafashwe muri icyo cyumweru ubwo habaga ibikorwa byo kugenzura abatubahirije amasaha yo kuba bagenze aho bataha, abatambaye agapfukamunwa n’abatubahirije intera hagati y’umuntu n’undi.  Hagati ya tariki ya 5 n’iya 8 Mutarama 2021 umubare w’imodoka, moto n’amagare byaragabanutse bigera ku 162, 177 na 40.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, John Bosco Kabera yavuze ko iri gabanuka ryagaragaye nyuma y’imyanzuro y’inama y’abaminisitiri yateranye tariki ya 04 Mutarama 2021.

Yagize ati “Nk’urugero abanyamaguru barenga ibihumbi 6,700 nicyo cyari ikigereranyo cy’abantu bafatwaga mu gihugu hose mbere ya tariki ya 04 Mutarama 2021, ariko guhera tariki ya 5 Mutarama umubare w’abarenga ku mabwiriza waragabanutse bagera ku kigereranyo cy’abantu ibihumbi 5,900.”

CP  Kabera yakomeje avuga ko  n’imodoka zagabanutse ku ijanisha rya 88 kugera kuri 40 ku munsi , moto zavuye kuri 59% kugera kuri 44% naho amagare byavuye kuri 40% bigera ku 10% ku munsi. Yavuze ko ahanini byaturutse ku gufunga bimwe mu bikorwa by’ubucuruzi guhera ku isaha ya saa kumi n’ibyiri z’umugoroba.

Yagize ati  “Iri gabanuka ry’abarenga ku mabwiriza ryaturutse ku kuba hari bimwe mu bikorwa by’ubucuruzi bisigaye bifungwa guhera ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba. Ibi kandi bikajyana n’ubufatanye hagati ya Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego twavuga abanyerondo, urwego rwunganira Akarere mu gucunga umutekano , Urubyiruko rw’abakorerabushake ndetse n’abayobozi mu nzego z’ibanze.”

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yasabye abaturage muri rusange gukomeza  kubahiriza amabwiriza buri muntu akabigira ibye . Ubonye urenze ku mabwiriza akihutira kumukebura  byananirana akabimenyesha ubuyobozi  bumwegereye. CP Kabera yavuze ko  ibi bizafasha Leta mu gukomeza kurwanya COVID-19.

Raporo itangwa buri munsi n’inzego z’ubuzima yagaragaje ko tariki ya 08 Mutarama 2021 mu Rwanda HARI abantu ibihumbi 9,368 bari bamaze kwandura COVID-19, abagera ku bihumbi 6,940 bari bamaze gukira naho abantu 115 nibo bari bamaze guhitwanwa n’iki cyorezo.

Ni kenshi Polisi y’u Rwanda ihora ikangurira abantu kubahiriza amabwiriza yo kurwanya COVID-19 ndetse ifatanije n’izindi nzego ikagenzura ko ayo mabwiriza yubahirizwa.

Niyomugabo Albert

Inkuru Iheruka

Minisiteri y’Uburezi yihanangirije abayobozi b’amashuri acumbikira abanyeshuri

Inkuru Ikurikira

Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

Ubwanditsi

Ubwanditsi

IzijyanyeInkuru

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane
Amakuru

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

na Ubwanditsi
January 23, 2021
0

Impuguke mu burezi zisanga ababyeyi bakwiye kurushaho kwegera cyane abana babo mu gihe kuri ubu basabwa kubafasha mu masomo yabo...

Soma Birambuye
Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

January 22, 2021
Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

January 22, 2021
Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

January 22, 2021
Kugira ba maneko bakarishye ni intwaro ikomeye , menya ibihugu bibatunze

Kugira ba maneko bakarishye ni intwaro ikomeye , menya ibihugu bibatunze

January 22, 2021
Meteorwanda yatangaje ko mu minsi 10 hateganyijwe imvura

Meteorwanda yatangaje ko mu minsi 10 hateganyijwe imvura

January 21, 2021
Inkuru Ikurikira
Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

Dore bimwe byafasha umugore gukomeza kwigarurira umutima w’umugabo we

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 79 Followers
  • 41.1k Followers
  • 22.9k Followers
  • 99 Subscribers
  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

January 14, 2021
Mukobwa menya ibintu  byerekana ko umuhungu mukundana atakubeshya

Mukobwa menya ibintu byerekana ko umuhungu mukundana atakubeshya

January 12, 2021
Umunyeshuri wo  muri kaminuza  yishe Se na Nyina  n’avabandimwe be!

Umunyeshuri wo muri kaminuza yishe Se na Nyina n’avabandimwe be!

January 11, 2021
Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

Rusizi: Umuyobozi yatemye umugore we mu mutwe

January 10, 2021
Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

0
COVID-19: Shampiyona y’umupira w’amaguru yahagaritswe, FERWAFA itegekwa gupimisha abakinnyi n’abatoza

COVID-19: Shampiyona y’umupira w’amaguru yahagaritswe, FERWAFA itegekwa gupimisha abakinnyi n’abatoza

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

January 23, 2021
Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

January 22, 2021
Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

January 22, 2021
Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

January 22, 2021

Recent News

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi  kwegera abana cyane

Impuguke mu burezi zirasaba ababyeyi kwegera abana cyane

January 23, 2021
Iburasirazuba: Abantu 91  bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

Iburasirazuba: Abantu 91 bafatiwe mu tubari barimo kunywa inzoga

January 22, 2021
Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

Umujyi wa Kigali watangiye gutanga ibiribwa ku miryango imwe n’imwe

January 22, 2021
Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

Minisiteri yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga

January 22, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Amakuru
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Kinyarwanda
  • English
  • Amamaza Hano
  • Tuvugishe

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist