• Kinyarwanda
  • English
Monday, March 1, 2021
  • Login
Rwanda Forbes
Advertisement
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

    Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Perezida Kagame  yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

  • IMYIDAGADURO
    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Byinshi  ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Byinshi ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

    Bitunguranye  Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Bitunguranye Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
    Imvura izagwa  n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Imvura izagwa n’isanzwe uretse mu Mujyi wa Kigali n’Iburasirazuba

    Rwanda : REB yatangiye  gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Rwanda : REB yatangiye gutanga ibikoresho by’ikoranabuhanga mu mashuri

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Abatavuga rumwe na Leta ya Museveni barasaba imishyikirano

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • POLITIKI
    Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

    Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Perezida wa Tanzaniya nyuma yo kwibasirwa yavuze ko ntawe yabujije kwa mbara agapfukamunwa

    Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

    Perezida Kagame  yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Hagaragaye izindi nyandiko z’u Bufaransa zigaragaza uburyo bakingiye ikibaba abagize uruhare muri Jenoside

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

    Ikigo cya gisilikali cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyarashweho ibisazu

  • IMYIDAGADURO
    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Umuhanzikazi Nicki Minaj yapfushije se

    Perezida Kagame yashimye  abakinnyi  b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Perezida Kagame yashimye abakinnyi b’Amavubi ndetse anabizeza ishimwe

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Ikipe y’u Rwanda yasezererwa mu marushanwa igomba guhita itangira indi mikino

    Byinshi  ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Byinshi ukwiye kwirinda nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Amavubi abonye itike ya 1/4 nyuma yo gutsinda TOGO

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • UBUKUNGU
    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Umugore wa El Chapo yafunzwe aregwa gucuruza ibiyobyabwenge

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Banki y’Isi yatangaje ko irimo gutegurira Leta y’u Rwanda miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Rusizi: Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo baracyishyuza amafaranga yabo nyuma y’imyaka icumi

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Hari ubwo bigera abantu bakishuka, bakumva ko badakeneye abandi – Perezida Kagame

    Dr Kayitesi yagaragarije  ko  abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Dr Kayitesi yagaragarije ko abayobozi bo mu Turere batarumva gahunda yo kongera umusaruro mu buhinzi

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Igihugu cy’U Bwongereza cyahagaritse ingendo z’indege ziva mu Rwanda

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • UBUTABERA
    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Kigali: Abajura bitwikiraga Ijoro bashyizwe ku karubanda [ Amafoto]

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

    Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

    Bitunguranye  Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Bitunguranye Rusesabagina yongeye kuvuga ko atari Umunyarwanda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

    Nigeria: Abanyeshuri bashimuswe n’abantu bitwaje imbunda

  • IMIKINO
Nta Gisubizo
Reba Byose
Rwanda Forbes
Nta Gisubizo
Reba Byose
Ahabanza Amakuru

Amashuri yose harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura

Ubwanditsi na Ubwanditsi
February 19, 2021
mu Amakuru, Politiki, Ubuzima
0
Amashuri yose  harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura
0
ZASANGIJWE
16
YASUWE
Share on WhatsappShare on TwitterShare On Facebook

Ku wa Gatanu, tariki ya 19 Gashyantare 2021, Inama y’Abaminisitiri yateranye hifashishijwe ikoranabuhanga, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y ‘u Rwanda, Paul Kagame.

1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’lnama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 02 Gashyantare 2021.

2. Inama y’Abaminisitiri yongeye gusuzuma ingamba zafashwe zo gukumira ikwirakwira ry’lcyorezo cya COVID-19.

Yemeje ko ingamba zikurikira zigomba gushyirwa mu bikorwa mu Gihugu hose guhera ku itariki ya 23 Gashyantare kugeza ku ya 15 Werurwe 2021.

a. Ingendo zirabujijwe guhera saa mbiri z’ijoro (8:00 pm) kugeza saa kumi za mu gitondo (4:00 am). Ibikorwa byose byemerewe gukomeza bizajya bifunga saa kumi n’ebyiri za nimugoroba (6:00 pm).

b. Ibikorwa by’lnzego za Leta bizakomeza, ariko buri rwego rurasabwa gukoresha abakozi batarenze 30% by’abakozi bose, abandi bakozi bagakorera mu rugo, ariko bakagenda basimburana.

c. Ibikorwa by’lnzego z’abikorera bizakomeza, ariko buri rwego rurasabwa gukoresha abakozi batarenze 30% by’abakozi bose, abandi bagakorera mu rugo, ariko bakagenda basimburana. Amasoko n’amaduka (markets and malls) azakomeza gukora ariko hajye hasimburana umubare utarenze 50% by’abacuruzi b’ingenzi bemerewe kuyakoreramo. Ibikorwa byose bizajya bifunga saa kumi n’ebyiri za nimugoroba (6:00 pm).

d. Amashuri yose (yaba aya Leta n’ayigenga) harimo na za Kaminuza yemerewe gufungura.

e. Ingendo hagati y ‘Umujyi wa Kigali n ‘Intara ndetse n ‘Uturere dutandukanye tw’lgihugu zirabujijwe, kereka ku mpamvu za serivisi z’ingenzi, iz’ubuvuzi n’iz’ubukerarugendo. Ba mukerarugendo bose baba abo mu Gihugu no mu mahanga bagomba kubanza kwipimisha COVID-19.

Icyakora imodoka zitwaye ibicuruzwa zizakomeza gukora mu Gihugu hose, ariko ntizitware abantu barenze babiri.

f. Imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange (za bisi) zemerewe gutwara abantu batarenze 75% by’umubare w’abantu zagenewe gutwara. Abatwara za bisi barasabwa kugenzura ko abagenzi bahana intera, kandi bagatwara gusa abambaye agapfukamunwa.

g. Moto n’amagare byemerewe gukomeza gutwara abagenzi. Abatwara moto n’amagare barasabwa kubahiriza amabwiriza y’isuku buri gihe.

h. Resitora na café zemerewe kongera gukora ariko ntizirenze 30% y’ubushobozi bwazo bwo kwakira abantu. Zemerewe kwakira abakiriya kugeza saa kumi n’ebyiri za nimugoroba (6:00 pm), ariko serivisi zo kugeza ku bantu ibyo bakeneye batahana (takeaways or food delivery services) zo zemerewe gukomeza gukora kugeza saa mbiri z’ijoro (8:00 pm).

i. Utubari twose tuzakomeza gufunga.

j. Insengero zahawe uburenganzira bwo gukora kuko zujuje ibisabwa mu kwirinda COVID-19, zemerewe kwakira 30% by’ubushobozi bwazo bwo kwakira abantu.

k. Ikibuga Mpuzamahanga cya Kigali kizakomeza gukora. Abagenzi bose baza mu Rwanda bagomba kuba bafite icyemezo cy’uko bipimishije COVID-19 (PCR test) amasaha 72 mbere y’uko bahaguruka. Abagenzi bose baje mu Rwanda bazahamara igihe kirenze icyumweru bagomba guhita bipimisha COVID-19 (PCR test) bakigera mu Gihugu, bakishyira mu kato mu gihe cy’iminsi 7, nyuma y’icyo gihe bakongera kwipimisha COVID-19. Abagenzi bava mu Rwanda na bo bagomba kubanza kwipimisha COVID-19.

l. Ibikorwa by’ubukerarugendo bizakomeza hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Muri ibyo bikorwa harimo amahoteli, abashinzwe kuyobora ba mukerarugendo (tour operators) na serivisi zo gutwara ba mukerarugendo. Ba mukerarugendo n’ababafasha bagomba kumenyesha RDB gahunda y’ingendo zabo.

m. Inama zihuza abantu imbonankubone (physical meetings) zirabujijwe.

n. Ibikorwa bya siporo y’umuntu ku giti cye n’izikorerwa hanze abantu bategeranye biremewe. Amabwiriza arambuye kuri iyi ngingo azatangwa na Minisiteri ya Siporo.

o. Ahantu ho gukorera siporo, imyitozo ngororamubiri n’imyidagaduro hazakomeza gufunga. Pisine (swimming pool) na spas zizakomeza gufunga. Icyakora, abantu bacumbitse muri hoteli bemerewe gukora izo siporo muri hoteli bacumbitsemo, ariko berekanye ko bipimishije COVID-19.

p. Umubare w’abitabira ikiriyo ntugomba kurenza abantu 10 icyarimwe. Imihango yo gushyingura ntigomba kurenza abantu 20.

q. Ishyingirwa rikorewe imbere y’Ubuyobozi no mu nsengero riremewe, ariko bikitabirwa n’abantu batarenze 20, kandi hakubahirizwa ingamba zo kwirinda COVID-19. Ibirori byo kwiyakira birabujijwe.

r. Ibikorwa by’imikino y’amahirwe bizakomeza gufunga.

Abaturage bose barongera kwibutswa ko ari ngombwa kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 harimo: gusiga intera hagati y’umuntu n’undi, kwambara agapfukamunwa no gukaraba intoki. Abatazabyubahiriza bazafatirwa ibihano.

3. Inama y’Abaminisitiri yemeje politiki zikurikira:

• Politiki y’lgihugu y’uburinganire ivuguruye.
• Politiki y’iterambere rya siporo ivuguruye.

4. Inama y’Abaminisitiri yemeje imishinga y’amategeko ikurikira:

• Umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu amasezerano y’inguzanyo hagati ya Repubulika y ‘u Rwanda n’lkigega cy’iterambere mpuzamahanga cy’Umuryango OPEC, yerekeranye n’inguzanyo igenewe umushinga w ‘u Rwanda wo kugeza amashanyarazi kuri bose, yashyiriweho umukono i Kigali, mu Rwanda, ku wa 11 Gashyantare 2021.
• Umushinga w’itegeko rishyiraho Itorero ry’u Rwanda.

5. Inama y’Abaminisitiri yemeje amateka ya Minisitiri akurikira:

• Iteka rya Minisitiri rigena amafaranga atangwa ku ruhushya rw’itumanaho rikoresha umurongo wa radiyo.
• Iteka rya Minisitiri ryerekeye ibikorwa by’abatanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera.

6. Inama y’ Abaminisitiri yashyize mu myanya abayobozi bakurikira:

Muri Minisiteri y ‘Uburezi:

• Pascal GATABAZI, Chief Technical Advisor
• Christophe NSENGIYAREMYE, Director General of Sector Planning, Monitoring and Evaluation
• Rose BAGUMA, Director General of Policy Analysis
• Jimmy Christian BYUKUSENGE, Director General of Corporate Services
• Eric NIYONGABO, Advisor to the Minister of State in charge of TVET

Mu Kigo cy’lgihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (National Examination and School Inspection Authority):

• Dr. Bernard BAHATI, Director General
• Vianney Augustine KAVUTSE, Head of Department of Basic Education and TVET Quality Assurance
• Dr. Alphonse SEBAGANWA, Head of Department of Basic Education and TVET Examination
• Angelique BONEZA, Division Manager of Basic Education and TVET Quality Standards

Mu Rwego rw ‘Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (Rwanda Basic Education Board):

• Dr. Nelson MBARUSHIMANA, Director General
• Leon Mugenzi NTAWUKURIRYAYO, Head of Teacher Development, Management, Career Guidance and Counselling Department

Mu Ishuri Rikuru ry’u Rwanda ry’lmyuga n ‘Ubumenyingiro (Rwanda Polutechnic):

• Dr. Sylvie MUCYO, Deputy Vice Chancellor in charge of Training, Institutional Development and Research
• Dr. Aimable NSABIMANA, Deputy Vice Chancellor in charge of Administration and Finance

Mu Rwego rw’lgihugu rushinzwe Imyuga n’Ubumenyingiro (Rwanda Technical and Vocational Education and Training Board):

• Solange UWAMAHORO, Head of Training Management Department
• Aimable RWAMASIRABO, Head of Curriculum and Instructional Materials Development Department

Muri PRC KARONGI:

• Dominique INGABIRE, Principal
• Leonard MANIRAMBONA, Deputy Principal in Charge of Academics and Training

7. Mu bindi:

Minisitiri w’Uburinganire n ‘Iterambere ry’Umuryango yamenyesheje Inama y’Abaminisitiri ko ku itariki ya 8 Werurwe 2021 hazizihizwa Umunsi Mpuzamahanga w ‘Umugore.

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi yamenyesheje Inama y’Abaminisitiri ko muri Nzeri 2021, u Rwanda ruzitabira Inama yumuryango w’Abibumbye iziga ku bijyanye n’ibiribwa. Iyo nama izabera i New York muri Nzeri 2021, mu gihe hazaba hateranye Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye.

Inkuru Iheruka

Perezida Kagame yavuze ko Demokarasi idatangwa n’Abanyaburayi cyangwa Abanyamerika

Inkuru Ikurikira

Minisitiri Uwamariya yagaragaje uko uyu mwaka uhagaze mu birebana n’ingengabihe y’amashuri

Ubwanditsi

Ubwanditsi

IzijyanyeInkuru

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.
Ubuzima

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

na Ubwanditsi
February 28, 2021
0

Iri sanganya ryabaye mu ntangiriro z’iki cyumweru mu majyepfo y’u Buhinde aho uyu mugabo utatangajwe amazina ye, yishwe n’isake yiyororeye...

Soma Birambuye
Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

February 28, 2021
Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

February 27, 2021
Rwanda : Hagiye kwifashishwa   mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

Rwanda : Hagiye kwifashishwa mudasobwa mu gukusanya amakuru ajyanye n’icyorezo cya Covid-19

February 27, 2021
Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

Iperereza k’urupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio wiciwe muri Congo ryatangiye.

February 26, 2021
Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Ubutaliyani bwashyinguye Ambasaderi wabwo wiciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

February 25, 2021
Inkuru Ikurikira
Minisitiri Uwamariya yagaragaje uko uyu mwaka uhagaze mu birebana n’ingengabihe y’amashuri

Minisitiri Uwamariya yagaragaje uko uyu mwaka uhagaze mu birebana n'ingengabihe y'amashuri

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izigezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Ntibisanzwe i Rusizi: Umwana yakatiwe igifungo cy’imyaka 15  azira kwica abagore

Ntibisanzwe i Rusizi: Umwana yakatiwe igifungo cy’imyaka 15 azira kwica abagore

February 15, 2021
Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101  wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose  ufitiye ubutumwa Perezida

Rwanda : Byinshi k’umusaza ufite imyaka 101 wa rwanye intambara ya 2 y’Isi yose ufitiye ubutumwa Perezida

February 17, 2021
RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

RDF yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda waguye muri Centrafrique

January 14, 2021
Gatsibo : Umunyeshuri yasohowe mu ‘ishuli biteza imyigaragabyo  hangirika byinshi

Gatsibo : Umunyeshuri yasohowe mu ‘ishuli biteza imyigaragabyo hangirika byinshi

February 9, 2021
Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

Prof. Lyambabaje yahawe inshingano nshya muri UR

1
Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

0
USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

USA: Ikirego cy’abashakaga kuvuguruza intsinzi ya Biden cyateshejwe agaciro

0
Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

Nta kidashoboka- Igisubizo cya Minisitiri Shyaka ku kuba hari ibice byasubira muri Guma mu Rugo

0
Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

February 28, 2021
Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

February 28, 2021
Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

February 27, 2021

Recent News

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

Ntibisanzwe: Mu Buhinde umugabo yishwe n’inkoko yiyororeye.

February 28, 2021
Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

Ndashimira uwo nsimbuye Nyakubahwa Perezida Kagame- Perezida Kenyatta

February 28, 2021
Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

Kim Kardashian avuga ko icyemezo yafashe cyo gutandukana n’umukunzi we Kanye West ari ndasubirwaho.

February 27, 2021
Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi  azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

Kamonyi: Umwarimu yatawe muri yombi azira gusambanya abanyeshuri yigishaga

February 27, 2021
Rwanda Forbes

Rwanda Forbes Ni Ikinyamakuru Gikorera Mu Rwanda Gisohora Amakuru Meza Kandi Yizewe Agezweho

Follow Us

Tuvugishe

Marketing : 0788310048
Editor : 0785235244
Management : 0788807681
Emails : info@rwandaforbes.com

Kategori

  • Amakuru
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • POLITIKI
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Nta Gisubizo
Reba Byose
  • Ahabanza
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • POLITIKI
  • IMYIDAGADURO
  • UBUKUNGU
  • UBUTABERA
  • IMIKINO

© 2021 Rwanda Forbes - Web Design & Development BY Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist